Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imibare yabaguye muri gereza ya Makala ikomeje kwiyongera.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 11, 2024
in Regional Politics
0
Imibare yabaguye muri gereza ya Makala ikomeje kwiyongera.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imibare yabaguye muri gereza ya Makala ikomeje kwiyongera.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Byatangajwe n’umuvugizi wa Guverinoma ya Kinshasa, Patrick Muyaya, aho yavuze ko abapfiriye muri gereza nkuru ya Makala iherereye i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu biyongereye.

Amasasu yahitanye imfungwa zari zifungiye muri gereza ya Makala yumvikanye mu gitondo cyo ku itariki ya 02/09/2024, nyuma y’uko zari zagerageje gucika, nk’uko abategetsi ba RDC bakomeje kubyigamba muri icyo gihe.

Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu, Jacquemain Shabani, yatangaje ko imfungwa 129 ari zo zapfuye, zirimo 24 zarashwe n’abacungagereza, hakomereka 59, izindi z’abagore zifatwa ku ngufu.

Iyi mibare yaje guterwa utwatsi n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, isaba ko habaho iperereza ryigenga ryafasha Abanyekongo kumenya imibare nyakuri y’abapfuye n’abakomeretse.

Rero, umuryango wa FBCP(Foundation Bill Clinton Pour la paix), uyobowe na Emmanuel Adu Cole, wagaragaje ko hari imfungwa za Makala 1.767 zaburiwe irengero nyuma y’uko kugerageza gucika gereza.

Mu gihe Patrick Muyaya ku itariki ya 09/09/2024 yatangaje ko perezida Félix Tshisekedi yasabye abari gukora iperereza ku byabereye muri gereza ya Makala kugaragaza ibyavuyemo mu gihe kitarenze iminsi irindwi.

Yagize ati: “Ariko birababaje. Umubare w’Abapfuye wari 129, ariko ubu hiyongereyemo babiri bazize ibikomere bakuye muri iki kibazo. Icyo twahisemo ni ukugaragaza ukuri, bitandukanye n’iby’abanyapolitiki bashaka kuyobya.”

Yakomeje agira ati: “Hafashwe n’ingamba zirimo gufasha abagore bose bafashwe ku ngufu kandi ibiro bya Loni bishinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu byinjiye muri iri perereza kugira ngo buri wese amenye ukuri ku byabaye.”

Minisitiri w’ubutabera wa RDC, Constant Mutamba, kuri izi tariki 09/09/2024, we, yatangaje ko abagore 48 bafatiwe ku ngufu muri gereza ya Makala ubwo habagaho igeragezwa ryo gucika. Mu bashinjwa kubafata ku ngufu harimo abacungagereza.

                MCN.
Tags: AbaguyeImibareMakaraYiyongereye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
U Bubiligi bwongeye kuregwa n’abagore ba Banye-kongo bajanwe mu Bubiligi igihe cy’ubukoloni.

U Bubiligi bwongeye kuregwa n'abagore ba Banye-kongo bajanwe mu Bubiligi igihe cy'ubukoloni.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?