• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imibare yabaguye muri gereza ya Makala ikomeje kwiyongera.

minebwenews by minebwenews
September 11, 2024
in Regional Politics
0
Imibare yabaguye muri gereza ya Makala ikomeje kwiyongera.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imibare yabaguye muri gereza ya Makala ikomeje kwiyongera.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Byatangajwe n’umuvugizi wa Guverinoma ya Kinshasa, Patrick Muyaya, aho yavuze ko abapfiriye muri gereza nkuru ya Makala iherereye i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu biyongereye.

Amasasu yahitanye imfungwa zari zifungiye muri gereza ya Makala yumvikanye mu gitondo cyo ku itariki ya 02/09/2024, nyuma y’uko zari zagerageje gucika, nk’uko abategetsi ba RDC bakomeje kubyigamba muri icyo gihe.

Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu, Jacquemain Shabani, yatangaje ko imfungwa 129 ari zo zapfuye, zirimo 24 zarashwe n’abacungagereza, hakomereka 59, izindi z’abagore zifatwa ku ngufu.

Iyi mibare yaje guterwa utwatsi n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, isaba ko habaho iperereza ryigenga ryafasha Abanyekongo kumenya imibare nyakuri y’abapfuye n’abakomeretse.

Rero, umuryango wa FBCP(Foundation Bill Clinton Pour la paix), uyobowe na Emmanuel Adu Cole, wagaragaje ko hari imfungwa za Makala 1.767 zaburiwe irengero nyuma y’uko kugerageza gucika gereza.

Mu gihe Patrick Muyaya ku itariki ya 09/09/2024 yatangaje ko perezida Félix Tshisekedi yasabye abari gukora iperereza ku byabereye muri gereza ya Makala kugaragaza ibyavuyemo mu gihe kitarenze iminsi irindwi.

Yagize ati: “Ariko birababaje. Umubare w’Abapfuye wari 129, ariko ubu hiyongereyemo babiri bazize ibikomere bakuye muri iki kibazo. Icyo twahisemo ni ukugaragaza ukuri, bitandukanye n’iby’abanyapolitiki bashaka kuyobya.”

Yakomeje agira ati: “Hafashwe n’ingamba zirimo gufasha abagore bose bafashwe ku ngufu kandi ibiro bya Loni bishinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu byinjiye muri iri perereza kugira ngo buri wese amenye ukuri ku byabaye.”

Minisitiri w’ubutabera wa RDC, Constant Mutamba, kuri izi tariki 09/09/2024, we, yatangaje ko abagore 48 bafatiwe ku ngufu muri gereza ya Makala ubwo habagaho igeragezwa ryo gucika. Mu bashinjwa kubafata ku ngufu harimo abacungagereza.

                MCN.
Tags: AbaguyeImibareMakaraYiyongereye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
U Bubiligi bwongeye kuregwa n’abagore ba Banye-kongo bajanwe mu Bubiligi igihe cy’ubukoloni.

U Bubiligi bwongeye kuregwa n'abagore ba Banye-kongo bajanwe mu Bubiligi igihe cy'ubukoloni.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?