• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imibare yabaguye muri gereza ya Makala ikomeje kwiyongera.

minebwenews by minebwenews
September 11, 2024
in Regional Politics
0
Imibare yabaguye muri gereza ya Makala ikomeje kwiyongera.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imibare yabaguye muri gereza ya Makala ikomeje kwiyongera.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Byatangajwe n’umuvugizi wa Guverinoma ya Kinshasa, Patrick Muyaya, aho yavuze ko abapfiriye muri gereza nkuru ya Makala iherereye i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu biyongereye.

Amasasu yahitanye imfungwa zari zifungiye muri gereza ya Makala yumvikanye mu gitondo cyo ku itariki ya 02/09/2024, nyuma y’uko zari zagerageje gucika, nk’uko abategetsi ba RDC bakomeje kubyigamba muri icyo gihe.

Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu, Jacquemain Shabani, yatangaje ko imfungwa 129 ari zo zapfuye, zirimo 24 zarashwe n’abacungagereza, hakomereka 59, izindi z’abagore zifatwa ku ngufu.

Iyi mibare yaje guterwa utwatsi n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, isaba ko habaho iperereza ryigenga ryafasha Abanyekongo kumenya imibare nyakuri y’abapfuye n’abakomeretse.

Rero, umuryango wa FBCP(Foundation Bill Clinton Pour la paix), uyobowe na Emmanuel Adu Cole, wagaragaje ko hari imfungwa za Makala 1.767 zaburiwe irengero nyuma y’uko kugerageza gucika gereza.

Mu gihe Patrick Muyaya ku itariki ya 09/09/2024 yatangaje ko perezida Félix Tshisekedi yasabye abari gukora iperereza ku byabereye muri gereza ya Makala kugaragaza ibyavuyemo mu gihe kitarenze iminsi irindwi.

Yagize ati: “Ariko birababaje. Umubare w’Abapfuye wari 129, ariko ubu hiyongereyemo babiri bazize ibikomere bakuye muri iki kibazo. Icyo twahisemo ni ukugaragaza ukuri, bitandukanye n’iby’abanyapolitiki bashaka kuyobya.”

Yakomeje agira ati: “Hafashwe n’ingamba zirimo gufasha abagore bose bafashwe ku ngufu kandi ibiro bya Loni bishinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu byinjiye muri iri perereza kugira ngo buri wese amenye ukuri ku byabaye.”

Minisitiri w’ubutabera wa RDC, Constant Mutamba, kuri izi tariki 09/09/2024, we, yatangaje ko abagore 48 bafatiwe ku ngufu muri gereza ya Makala ubwo habagaho igeragezwa ryo gucika. Mu bashinjwa kubafata ku ngufu harimo abacungagereza.

                MCN.
Tags: AbaguyeImibareMakaraYiyongereye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
U Bubiligi bwongeye kuregwa n’abagore ba Banye-kongo bajanwe mu Bubiligi igihe cy’ubukoloni.

U Bubiligi bwongeye kuregwa n'abagore ba Banye-kongo bajanwe mu Bubiligi igihe cy'ubukoloni.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?