• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Bubiligi bwongeye kuregwa n’abagore ba Banye-kongo bajanwe mu Bubiligi igihe cy’ubukoloni.

minebwenews by minebwenews
September 11, 2024
in Regional Politics
0
U Bubiligi bwongeye kuregwa n’abagore ba Banye-kongo bajanwe mu Bubiligi igihe cy’ubukoloni.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Bubiligi bwongeye kuregwa n’abagore ba Banye-kongo bajanwe mu Bubiligi igihe cy’ubukoloni.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ni abagore batanu baba metisse, bakuwe mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, igihe cy’ubukoloni, bajyanye leta y’u Bubiligi mu rukiko bayishinja ku batandukanya n’ababyeyi babo.

Barimo uwitwa Simone Ngalula, Monique Bintu Bingi, Lea Tavares Mujinga, Noelle Verbeeken na Marie-Jose Loshi, bose babyawe n’abagore b’Abanyekongo batewe inda n’Ababiligi bari muri RDC igihe cy’ubukoloni.

Ahagana mu mwaka w’ 1948 na 1961, bajyanywe mu bigo bya gikristo byo mu Bubiligi, batandukanyijwe na ba nyina.

U Bubiligi bwasobanuye ko kujyana aba bana i Bruxelles mu Bubiligi byari ukugira ngo bahabwe uburezi bwiza bw’iburayi, ariko ukuri kwamenyekanye ni uko batashakaga ko baguma muri RDC.

Ubwo u Bubiligi bwategekaga Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwagiye kuvayo bujana abana bari hagati ya 14,000 na 20,000. Impamvu nyakuri yatumye bubikora, ni uko butashakaga ko bazamenya ubwenge, bakazabahinduka.

U Bubiligi kandi bwatinyaga ni uko Abanyekongo bashoboraga kwitiranya aba ba metissses n’Ababiligi bakazabafata nk’abanyembaraga.

Aba bagore bose bafite imyaka 70 y’amavuko. Ahagana mu mwaka w’ 2021 bari bareze kandi leta y’u Bubiligi, bagaragaza ko gutandukanywa n’ababyeyi babo biri mu bigize ibyaha byibasiye inyoko muntu.

Icyo gihe urukiko rw’i Bruxelles mu Bubiligi rwateye utwatsi ikirego cyabo, rusobanura ko rudashobora kugendera ku itegeko ritabagaho rigena icyaha kitabagaho igihe cy’u Bukoloni.

Nyuma y’umwanzuro w’uru rukiko, abanyamategeko b’aba ba metissses bagize bati: “Barashimuswe, bafatwa nabi, barirengagiza, bakurwa mu Isi. Ni ikimenyetso kiriho cy’icyaha cyakozwe na leta ariko kitahawe agaciro.”

Mu bujurire batanze kuri uyu wa Mbere tariki ya 09/09/2024, bagaragaje ko bifuza ko urukiko rwemeza ko icyaha cyibasiye inyokomuntu cyabagaho mu gihe cy’ubukoloni.

Abanyamategeko babo banagagaragaje ko iki cyaha cyabagaho ngo kuko n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa Nuremberg, muri icyo gihe rwaburanishije ndetse ngo runakatira ubutegetsi bw’Abanazi bari barakoze ibifitanye isano nibyo.

Aba bagore bose kwari batanu bifuza ko mu gihe bazatsinda uru rubanza, bazahabwa indishyi. Ikiruta ibindi kuri bo ni uko icyaha bakorewe cyazahabwa agaciro n’ubutabera bw’u Bubiligi.

Ahagana mu mwaka w’ 2019, Charles Michele wari minisitiri w’intebe w’u Bubiligi yasabye imbabazi ku bana b’Abanyekongo u Bubiligi bwashimuse muri RDC hagati mu 1959 na 1962, agaragaza ko bitari bikwiye ko bimwa ubutabera.

Umwami Philippe w’u Bubiligi na we ubwo yagiriraga uruzinduko muri Repubulika ya demokarasi ya Congo mu 2022, yasabye imbabazi ku bw’ubububare Ababiligi bateye Abanyakongo mu gihe cy’ubukoloni, gusa ntacyo yavuze ku ndishyi bamaze igihe kirekire basaba.

            MCN.
Tags: Abagoreb'AbanyekongoBajanye u BubiligiBatanuUrukiko
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Muri Rutshuru habyukiye imirwano ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

Muri Rutshuru habyukiye imirwano ikaze hagati ya M23 n'ihuriro ry'ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?