• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imirwano ihuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, yirije umunsi wose.

minebwenews by minebwenews
February 10, 2024
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 10/02/2024, hongeye kuba imirwano idasanzwe hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Ni imirwano yahereye mu masaha y’igitondo kugeza izisaha z’igicamunsi. Urugamba rukaze ruri kubera mu bice byo muri teritware ya Nyiragongo, Masisi na Rutsuru, harimo ko umutwe wa M23 wambuye abarwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa ibindi bice.

Nk’uko bya vuzwe k’uruhande rwo muri axe ya Kibumba-Goma, urugamba ruri kubera mu Kibaya cya Kibumba, kuva isaha zakare kugeza ubu hari k’umvikana urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito.

Ahandi hakomeje kubera imirwano muri teritware ya Nyiragongo nimuri Kanyamahoro. Aha muri Kanyamahoro, bya vuzwe ko hari Ingabo ninshi za SADC zo muitsinda ry’Ingabo zavuye mu gihugu cya Malawi na Tanzania, akaba aribo bahanganye na M23. Gusa M23 ikomeje kubigiza inyuma basatira kuja mu Mujyi wa Goma.

Indi mirwano ikaze irimo kubera mu nkengero za Nyanzare, agace gafite ubutaka bukora muri teritware ya Masisi na Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Iy’i mirwano yahereye mu nkengero za Mweso, iza gukomereza k’u muhanda ugana Nyanzare, gusa ibice byinshi bya bereyemo urugamba byaje kwigarurirwa na M23 harimo ko Localité ya Gatsiro, kuri ubu igenzurwa na M23.

Mu masaha y’igitondo umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yemeje ay’amakuru avuga ko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ko bongeye kubagabaho ibitero, yemeza ko ba bigabye muri Kibumba na Mweso.

Yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, FARDC, ingabo z’u Burundi, Wazalendo na SADC, bongeye kugaba ibitero muri Kibumba na Mweso, no mu nkengero zaho.”

Yakomeje agira ati: “M23 irarwana ku baturage n’ibyabo, kandi turarwana kinyamwuga.”

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa nawe yaje kwemeza ko imirwano yongeye kubura mu bice bya Kibumba na Mweso, avuga kandi ko iy’i mirwano irimo kubera muri Kanyamahoro, muri teritware ya Nyiragongo.

Gusa, Benjamin Mbonimpa yanahamije ko ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’abambari babo ko bagabye ibitero bakoresheje ibi bunda bya muzinga.

Yagize ati: “Bari gukoresha indege z’intambara zo m’ubwoko bwa SUKHOÏ-25 n’ibindi bibunda biremereye, ariko turabakubita byemewe.”

Bruce Bahanda.

Tags: Imirwano ihuza M23 n'ihuriro ry'Ingabo zirwana k'uruhande rwa leta ya KinshasaYirije umunsi wose
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
Interahamwe z’iheruka kwisuka ku misozi ya Uvira za koranye i Nama n’ingabo z’u Burundi n’indi mitwe y’Inyeshamba, iherereye muri ibyo bice.

Interahamwe z'iheruka kwisuka ku misozi ya Uvira za koranye i Nama n'ingabo z'u Burundi n'indi mitwe y'Inyeshamba, iherereye muri ibyo bice.

Comments 1

  1. Rugabano says:
    2 years ago

    Komerezaho wangu ujyuduha amakuru atariho ivumbi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?