• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, February 15, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Imirwano Ikaze i Fizi Isiga Imijyi Yigaruriwe, Abaturage n’Ingabo za Leta Bariguhungira i Baraka no muri Tanzania

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
December 22, 2025
in Conflict & Security
0
Imirwano Ikomeye i Maluku Isize Abantu Bapfuye, Umutekano Ukomeje Guhungabana hafi ya Kinshasa
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano Ikaze i Fizi Isiga Imijyi Yigaruriwe, Abaturage n’Ingabo za Leta Bariguhungira i Baraka no muri Tanzania

You might also like

AFC/M23 Igiye Kugira Abayihagarariye mu Kanama Gashinzwe Igenzura ry’Agahenge mu Burasirazuba bwa RDC

MRDP–Twirwaneho Yakubitaguriye Ingabo z’u Burundi na FARDC mu Duce Tubiri tw’i Mulenge

Abanyamulenge Bareze Leta y’u Burundi mu Rukiko rwa EAC

Amakuru yizewe aturuka mu karere ka Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), aravuga ko umutekano wahungabanye cyane, bituma abaturage n’ingabo ziri ku ruhande rwa Leta bahunga ku bwinshi mu duce twa Swima, Lusambo na Mukwezi.

Amasoko yacu avuga ko ingabo za FARDC, iz’ u Burundi, hamwe n’imitwe ya Wazalendo na FDLR, bahunze icyarimwe n’abaturage nyuma y’imirwano ikaze yabereye mu bice bya Ngalula na Kaseke, muri gurupoma ya Makobola.

Iyi mirwano yaturutse ku bitero ingabo za Leta zagabye ku mutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho. Ariko amakuru y’aho imirwano yabereye avuga ko uyu mutwe wirwanyeho bituma ingabo z’u Burundi, iza FARDC, Wazalendo na FDLR zisubira inyuma, zihungira mu gace ka Munene.

Impagarara n’ubwoba byihuse byibasiye abaturage bo mu duce twa Swima, Lusambo na Mukwezi, duherereye mu ntera ngufi uvuye muri centre ya Mboko. Abenshi bahise bahunga berekeza mu mujyi wa Baraka, mu gihe abandi bimukira muri Tanzania n’i Burundi kugira ngo barinde ubuzima bwabo.

Byongeye kandi, amakuru aturuka muri ako gace avuga ko ingabo nyinshi za FARDC zasize ibirindiro byazo, zigahunga zijya mu mujyi wa Baraka, ibintu bikomeje guteza impungenge ku mutekano rusange w’akarere.

Kugeza ubu, nta tangazo rirambuye ry’ubuyobozi bwa Leta ryashyizwe ahagaragara, mu gihe abaturage bakomeje gusaba ingamba zihuse zo kubarindira umutekano no guhagarika imirwano ikomeje gusiga akarere mu kaga gakomeye k’ubutabazi n’ubuhunzi.

Tags: FiziImirwanoMakobolaMbokoSwima
Share33Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Igiye Kugira Abayihagarariye mu Kanama Gashinzwe Igenzura ry’Agahenge mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 14, 2026
0
AFC/M23 Igiye Kugira Abayihagarariye mu Kanama Gashinzwe Igenzura ry’Agahenge mu Burasirazuba bwa RDC

AFC/M23 Igiye Kugira Abayihagarariye mu Kanama Gashinzwe Igenzura ry’Agahenge mu Burasirazuba bwa RDC Uko bwije n’uko bukeye, umutwe urwanya Leta ya Congo-Kinshasa wa AFC/M23 uragenda uzamura urwego rwawo...

Read moreDetails

MRDP–Twirwaneho Yakubitaguriye Ingabo z’u Burundi na FARDC mu Duce Tubiri tw’i Mulenge

by Bahanda Bruce
February 14, 2026
0
Inzara Iravuza Ubuhuha mu Basirikare b’u Burundi Bari muri RDC

MRDP–Twirwaneho Yakubitaguriye Ingabo z’u Burundi na FARDC mu Duce Tubiri tw’i Mulenge Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Abanyamulenge Bareze Leta y’u Burundi mu Rukiko rwa EAC

by Bahanda Bruce
February 14, 2026
0
Abanyamulenge Bareze Leta y’u Burundi mu Rukiko rwa EAC

Abanyamulenge Bareze Leta y’u Burundi mu Rukiko rwa EAC Imiryango ibiri ihagarariye Abanyamulenge batuye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yajyanye Leta y’u...

Read moreDetails

RDC: Impaka, Ibyahishuwe n’Inzira y’Ubwigenge bw’Umutekano mu Burasirazuba

by Bahanda Bruce
February 14, 2026
0
RDC: Impaka, Ibyahishuwe n’Inzira y’Ubwigenge bw’Umutekano mu Burasirazuba

RDC: Impaka, Ibyahishuwe n’Inzira y’Ubwigenge bw’Umutekano mu Burasirazuba Icyemezo cy’Inama y’Umutekano ya Loni cyafashwe tariki ya 19/12/2025 cyongereye manda y’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Kabila Yemeye Ibiganiro na Tshisekedi, Ariko Ashyiraho Ibisabwa Bitatu Bikomeye

by Bahanda Bruce
February 14, 2026
0
Kabila Yemeye Ibiganiro na Tshisekedi, Ariko Ashyiraho Ibisabwa Bitatu Bikomeye

Kabila Yemeye Ibiganiro na Tshisekedi, Ariko Ashyiraho Ibisabwa Bitatu Bikomeye Amakuru yizewe aturuka mu nzego za politiki muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aravuga ko Joseph Kabila...

Read moreDetails
Next Post
Mu gihe mu bindi bice by’umujyi wa Uvira, ibiturika by’amasasu byahagaze, ahagana i Kalundu ho urusaku rukomeye ruracyumvikana

Mu gihe mu bindi bice by’umujyi wa Uvira, ibiturika by’amasasu byahagaze, ahagana i Kalundu ho urusaku rukomeye ruracyumvikana

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?