• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Imirwano yo gusubiranamo ya Wazalendo yongeye gufata indi ntera ku mugoroba wajoro.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
Imirwano yo gusubiranamo ya Wazalendo yongeye gufata indi ntera ku mugoroba wajoro.
90
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano yo gusubiranamo ya Wazalendo yongeye gufata indi ntera ku mugoroba wajoro.

You might also like

Igitero cya Drone ya FARDC mu Minembwe Cyibasiye Umuhana utuwe n’Abanyamulenge

Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

Nyuma y’aho imirwano hagati y’amatsinda abiri ya Wazalendo yari yahagaze igihe c’isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 05/04/2025, mu masaha y’umugoroba wa joro yongeye kubura muri biriya bice n’ubundi byo muri Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, nk’uko amakuru abivuga.

Kuri uyu wa gatandatu mu gitondo ni bwo imirwano hagati y’amatsinda abiri ya Wazalendo yatangije urugamba rwo gusubiranamo.

Ni mu gihe uruhande ruyobowe na Makanaki n’urundi ruyobowe na Beta Bango uzwi cyane nka Rene, arizo zigikomeje guhangana, nk’uko amakuru MCN yatanze mbere abivuga.

Aya makuru akavuga ko izi mpande zombi zirigupfa ibyo abarwanyi bazo bari babugurije kuri Mulongwe ari naho zahereye zirwana.
Gusa, iyi mirwano yabaye kare bivugwa ko ziriya mpande zombi zaje kuyihagarika igihe c’isaha z’igicamunsi.

Bigeze ku mugoroba wajoro igihe c’isaha ya saa moya, nk’uko iyi nkuru ikomeza ibivuga yongera kubura, ariko ho ibera muri Quartier ya Gasenga no mu misozi iri hejuru yayo.

Amakuru akomeza avuga ko iri subiranamo hagati y’abarwanyi bayobowe na Makanaki n’abayobowe na Beta Bango, rimaze kugwamo babiri bo mu ruhande rwa Makanaki mu gihe abandi bane barikomerekeyemo.

Ndetse kandi bivugwa ko hari n’umuturage wo muri Quartier ya Mulongwe wafashwe n’amasasu, aramwica.

Iri subiranamo rya Wazalendo ryatumye abaturage bava mu byabo, aho bamwe bari guhunga berekeza i Bujumbura mu Burundi, naho abandi bakaja mu bice bitarimo intambara.

Iyi mirwano ntacyo igisirikare cya RDC kiri i Uvira kirayivugaho, gusa ikomeje gutuma umutekano wo muri iki gice cyimuriwemo ibiro bikuru by’intara ya Kivu y’Epfo ku ruhande rwa Leta ukomeza kuzamba.

Ni mu gihe n’ubundi aha hari hamaze iminsi havugwa ubugizi bwa nabi bukorwa na Wazalendo, kuko abaturage babashinja kubasahura ibyabo, kandi bakagaragaza ko babinjirana mu mazu yabo igihe cy’ijoro.

Tags: InteraUvira
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igitero cya Drone ya FARDC mu Minembwe Cyibasiye Umuhana utuwe n’Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Igitero cya Drone ya FARDC mu Minembwe Cyibasiye Umuhana utuwe n’Abanyamulenge

Igitero cya Drone ya FARDC mu Minembwe Cyibasiye Umuhana utuwe n’Abanyamulenge Amakuru aturuka mu gace ka Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga ko Ingabo za Leta ya...

Read moreDetails

Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize

Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize Abanyamulenge ni ubwoko bw’abantu bavuga ururimi rw’Ikinyamulenge, nubwo benshi barufata nk’Ikinyarwanda, batuye cyane cyane mu misozi miremire y'i Mulenge, iri mu ntara...

Read moreDetails

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC Ubuyobozi bw’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishinzwe ubufatanye na Afurika (AFRICOM) buri gusuzuma uburyo bwimbitse bwo kongera...

Read moreDetails

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20 Kapiteni Buba Ambwa Jean Denis, umusirikare ufite ipeti rya Kapiteni mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC),...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi zongeye kwimena ku bwinshi mu Bibogobogo.

Ingabo z'u Burundi zongeye kwimena ku bwinshi mu Bibogobogo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?