• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 16, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Imisozi ihanamiye Kaziba yigaruriwe na M23.

minebwenews by minebwenews
April 26, 2025
in Conflict & Security
0
Imisozi ihanamiye Kaziba yigaruriwe na M23.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imisozi ihanamiye Kaziba yigaruriwe na M23.

You might also like

Impinduka mu Magambo ya Mishiki, Abyegetse ku Rwanda

Inzira z’Ubucuruzi i Uvira Zafunzwe

Umunyapolitiki Mishiki Yatawe muri Yombi na FARDC

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryahunze riva ku misozi ihanamiye i santire ya Kaziba rihungira muri iyi santire nyuma yo gukubitwa kubi n’abarwanyi bo mu mutwe wa M23 barwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Ni amakuru Minembwe Capital News ikesha abaturiye utwo duce, aho bahamya ko ihuriro rya Wazalendo, ingabo z’u Burundi, iza FARDC ndetse na FDLR bahunze bava ku misozi ya Kaziba, nyuma yo gutsindwa na M23, maze uyu mutwe urayibohoza.

Iyi misozi amakuru ahamya ko yafashwe na M23, hari umusozi wa Mulambi, Mushyenyi n’indi iherereye aho.

Imirwano iremereye hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta muri ibyo bice, yatangiye ku gicamunsi cyo ku wa gatatu tariki ya 23/04/2025.

Binavugwa ko habaye ihangana rikomeye, kandi ko ryumvikaniyemo imbunda ziremereye n’izoroheje.

Umutangabuhamya yagaragaje ko abagize ihuriro ry’ingabo za Congo bahungaga bava ku misozi ihanamiye i santire ya Kaziba bagahungira muri iyi santire; bakaba barimo bagaragaza ko bahuriye n’akaga muri iryo hangana ryaberaga kuri iyo misozi, nubwo ntacyo abo muri iryo huriro babwiraga abaturage.

Yagize ati: “Turi kubona rya huriro ry’ingabo za Congo bari guhunga bagaruka hano muri centre ya Kaziba, ariko ninkaho bahuye n’akaga. Kabone niyo ntacyo botubwira ariko ihari yonyine irabigaragaza.”

Yongeyeho kandi ati: “Intambara yatangiye ejo bundi ku wa gatatu, kugeza n’ubu iracyarimo. M23 ikomeje kwigiza hino iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta. Bari kwegera cyane i santire ya Kaziba. Imisozi yose ihanamiye Kaziba yo yafashwe.”

Uyu mutanga buhamya yanavuze kandi ko muri centre ya Kaziba ko huzuye ihuriro ry’ingabo za Congo, ahanini abayuzuye n’abari kuyihungiramo bataye urugamba, usibye ko hari n’abandi babo batanze umusaada bavuye i Uvira n’ahandi mu bindi bice bikigenzurwa n’ingabo za Congo muri Kivu y’Amajyepfo.

Ifatwa ry’iriya misozi miremire ihanamiye i santire ya Kaziba, rije ryiyongera ku bindi bice uyu mutwe uheruka kubohoza byo muri iyi teritware ya Walungu.

Ibyo bice ni Luciga, Katope n’umusozi wa Nangando na Ngali.

Kugeza n’ubu imirwano hagati y’impande zombi irakomeje muri teritware ya Walungu.

Tags: ImisoziM23
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impinduka mu Magambo ya Mishiki, Abyegetse ku Rwanda

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
Umwe mu Badepite Yirukanywe muri Wazalendo Nyuma yo Kwemera Uruhare mu Bitero bya Drones byabereye i Goma

Impinduka mu Magambo ya Mishiki, Abyegetse ku Rwanda Mu minsi mike ishize, amagambo yatangajwe n’umunyapolitiki wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Willy Mishiki, yakomeje guteza impaka...

Read moreDetails

Inzira z’Ubucuruzi i Uvira Zafunzwe

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
Inzira z’Ubucuruzi i Uvira Zafunzwe

Inzira z’Ubucuruzi i Uvira Zafunzwe Mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutekano ukomeje kuzamba mu duce twinshi two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho ibikorwa...

Read moreDetails

Umunyapolitiki Mishiki Yatawe muri Yombi na FARDC

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
Umwe mu Badepite Yirukanywe muri Wazalendo Nyuma yo Kwemera Uruhare mu Bitero bya Drones byabereye i Goma

Umunyapolitiki Mishiki Yatawe muri Yombi na FARDC Mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umwuka wa politiki n’umutekano ukomeje gufata indi ntera nyuma y’itabwa muri yombi...

Read moreDetails

FARDC Yifashishije Drones mu Gutera Ibisasu mu Bice by’i Mulenge, Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
FARDC Yifashishije Drones mu Gutera Ibisasu mu Bice by’i Mulenge, Kivu y’Amajyepfo

FARDC Yifashishije Drones mu Gutera Ibisasu mu Bice by’i Mulenge, Kivu y’Amajyepfo Mu misozi miremire y’i Mulenge, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, amakuru aturuka mu baturage yemeza ko...

Read moreDetails

RDC: Ubukana bw’Intambara mu Minembwe n’Icyuho cy’Umuryango Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
RDC: Ubukana bw’Intambara mu Minembwe n’Icyuho cy’Umuryango Mpuzamahanga

RDC: Ubukana bw’Intambara mu Minembwe n’Icyuho cy’Umuryango Mpuzamahanga Mu gihe intambara n’ibihe by’akarengane bikomeje gufata indi ntera mu bice birimo Minembwe, Rubaya, Mushaki, na Nyabiondo mu burasirazuba bwa...

Read moreDetails
Next Post

Gen.Muhoozi yagaragaje uwo ashigikiye hagati ya perezida Tshisekedi na Kabila.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?