• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Impamvu abasirikare ba RDC basabiwe guhabwa ibyo barya yamenyekanye.

minebwenews by minebwenews
September 17, 2024
in Regional Politics
0
Impamvu abasirikare ba RDC basabiwe guhabwa ibyo barya yamenyekanye.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impamvu abasirikare ba RDC basabiwe guhabwa ibyo barya yamenyekanye.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umudepite wo mu nteko ishinga mategeko muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Cadet Vihumbira, niwe wahamagariye Leta ya Kinshasa gufata inshingano zo kugaburira abasirikare n’abapolisi, ngo kuko badashobora kuburara bafite imbunda.

Cadet Vihumbira, ni umudepite mu nteko ishinga amategeko muri RDC, yatorewe mu mujyi wa Beni, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Yasabiye abasirikare guhabwa ibyo barya, nyuma y’uko ubwicanyi bukomeje gukorerwa abasivile mu bice byo mu Burasirazuba bwa RDC, nka Beni, Goma, Nyiragongo n’ahandi bukomeje gufata indi ntera.

Yavuze ko abari inyuma y’ubu bwicanyi bukorerwa abasivile ari imitwe y’itwaje imbunda irimo abasirikare ba Leta, Polisi na Wazalendo.

Depite Cadet Vihumbira yasabye abayobozi bo mu nzego z’umutekano gukurikirana neza ko imbunda batanga ko zikoreshwa ibyo zagenewe.

Yanavuze kandi ko biteye agahinda kuba abantu 16 bamaze kwicwa muri Beni kuva uyu mwaka watangira.

Sibyo byonyine yasabye, kuko yavuze ko hahomba kuba igenzura rihoraho ku mbunda ziba zahawe abashinzwe umutekano, ndetse no guhiga bukware abagizi ba nabi bakorera muri Beni bambara imyenda ya gisirikare cyangwa iy’abapolisi.

Yagize ati: “Igihe leta itanze imbunda ku gipolisi cyangwa ku gisirikare, igomba no kubaha ibyo kurya. Niba bitabaye ibyo, bashobora gukoresha izo mbunda mu gushaka ubuzima, aho kugira ngo barinde abaturage bagateza ibibazo.”

Abaturage ubwabo bo muri Beni bashinja igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’igipolisi, kuba inyuma y’ubwicanyi bubakorerwa. Kandi ko bikorwa n’abirirwa bazerera mu gihe bakabaye bibera mu bigo.

Abaturage b’iki gihugu bakunze kugaragaza ko bicwa n’abakabaye babarindira umutekano.

            MCN.
Tags: Abasirikare ba RDCBasabiweBeniGuhabwa ibiryo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mu gihe FARDC yigambye ubutsinzi, M23 yo, yatangaje ibindi bikaze.

Mu gihe FARDC yigambye ubutsinzi, M23 yo, yatangaje ibindi bikaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?