• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Impamvu imwe gusa, niyo yatumye abasirikare ba FARDC bari muri misiyo i Kananga barasana ntihagira urukoka!

minebwenews by minebwenews
August 25, 2024
in World News
0
Impamvu imwe gusa, niyo yatumye abasirikare ba FARDC bari muri misiyo i Kananga barasana ntihagira urukoka!
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impamvu imwe gusa, niyo yatumye abasirikare ba FARDC bari muri misiyo i Kananga barasana ntihagira urukoka!

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni ku munsi w’ejo hashize tariki ya 24/08/2024, nibwo abasirikare batatu ba leta ya Kinshasa barimo ufite ipeti rya adjudant Chef bavuye i Lubumbashi baja muri misiyo i Kananga, ubwo bajaga kugaruka, umwe wo muribo asaba uyu komanda wari ubayoboye ku muha ifaranga za misiyo, ntiyazihabwa niko guhita arasa komanda na mugenzi we barapfa, nawe aza kwicwa arashwe.

Nk’uko amakuru avuga aba basirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bari abo mu itsinda ry’abapemi(PM) bakaba bari batumwe i Kananga gufatayo ibikoresho by’agisirikare birimo imbunda n’amasasu.

Ubwo kuri uyu wa Gatandatu bari bagiye kurira indege bava Kananga bagaruka i Lubumbashi, umwe wo muri aba batatu yabwiye komanda we ku muha amafaranga ya misiyo bari bagenewe guhabwa, undi nawe amusubiza ko amafaranga bazayahabwa ni bamara kugera iyo baje bava.

Mu kwerekeza i Kananga bava i Lubumbashi bagiye n’indege, byari ngombwa ko n’ubundi bongera gukoresha indege bagaruka, aha rero niho uyu musirikare yahawe igisubizo ko azahabwa amafaranga ya misiyo ni bamara kugera i Lubumbashi.

Bakiri muri ayo, nibwo uyu musirikare yahise arasa uyu komanda wari ubayoboye muri iyi misiyo agwa aho, ntiyarekera aho, kuko yahise akurikizaho n’uyu musirikare wundi bari kumwe amurasa amasasu atatu nawe agwa aho.

Amakuru akomeza avuga ko nyuma y’uko uyu musirikare yari amaze kubona bagenzi be barapfuye, niko guhita yiruka, cyagihe arimo kwiruka yaje guhura n’umudamu w’umusivile nawe ahita amurasa arapafa.

Muri icyo igihe, nibwo abasirikare basanzwe bakorera muri ibyo bice byo muri Kananga baje guhiga uyu musirikare baza ku mwica bamurashe amasasu menshi.

Amashusho yagiye hanze ibigaragaza ubona imirambo itatatu y’abasirikare irambaraye hasi, bambaye impuzakano iranga aba basirikare ko ari abo mu itsinda ryaba PM.

Iyi nkuru isoza ivuga ko imirambo y’aba basikare yaje kurizwa indege, yoherezwa kuja gushingurwa i Lubumbashi, mu cyahoze cyitwa Katanga.

           MCN.
Tags: KanangaMisiyoPm
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
ICC yatangaje ibigomba kwihutishwa kugira ngo abayobozi ba Israel na Hamas batabwe muri yombi.

ICC yatangaje ibigomba kwihutishwa kugira ngo abayobozi ba Israel na Hamas batabwe muri yombi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?