Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Impamvu imwe gusa, niyo yatumye abasirikare ba FARDC bari muri misiyo i Kananga barasana ntihagira urukoka!

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 25, 2024
in World News
0
Impamvu imwe gusa, niyo yatumye abasirikare ba FARDC bari muri misiyo i Kananga barasana ntihagira urukoka!
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impamvu imwe gusa, niyo yatumye abasirikare ba FARDC bari muri misiyo i Kananga barasana ntihagira urukoka!

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni ku munsi w’ejo hashize tariki ya 24/08/2024, nibwo abasirikare batatu ba leta ya Kinshasa barimo ufite ipeti rya adjudant Chef bavuye i Lubumbashi baja muri misiyo i Kananga, ubwo bajaga kugaruka, umwe wo muribo asaba uyu komanda wari ubayoboye ku muha ifaranga za misiyo, ntiyazihabwa niko guhita arasa komanda na mugenzi we barapfa, nawe aza kwicwa arashwe.

Nk’uko amakuru avuga aba basirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bari abo mu itsinda ry’abapemi(PM) bakaba bari batumwe i Kananga gufatayo ibikoresho by’agisirikare birimo imbunda n’amasasu.

Ubwo kuri uyu wa Gatandatu bari bagiye kurira indege bava Kananga bagaruka i Lubumbashi, umwe wo muri aba batatu yabwiye komanda we ku muha amafaranga ya misiyo bari bagenewe guhabwa, undi nawe amusubiza ko amafaranga bazayahabwa ni bamara kugera iyo baje bava.

Mu kwerekeza i Kananga bava i Lubumbashi bagiye n’indege, byari ngombwa ko n’ubundi bongera gukoresha indege bagaruka, aha rero niho uyu musirikare yahawe igisubizo ko azahabwa amafaranga ya misiyo ni bamara kugera i Lubumbashi.

Bakiri muri ayo, nibwo uyu musirikare yahise arasa uyu komanda wari ubayoboye muri iyi misiyo agwa aho, ntiyarekera aho, kuko yahise akurikizaho n’uyu musirikare wundi bari kumwe amurasa amasasu atatu nawe agwa aho.

Amakuru akomeza avuga ko nyuma y’uko uyu musirikare yari amaze kubona bagenzi be barapfuye, niko guhita yiruka, cyagihe arimo kwiruka yaje guhura n’umudamu w’umusivile nawe ahita amurasa arapafa.

Muri icyo igihe, nibwo abasirikare basanzwe bakorera muri ibyo bice byo muri Kananga baje guhiga uyu musirikare baza ku mwica bamurashe amasasu menshi.

Amashusho yagiye hanze ibigaragaza ubona imirambo itatatu y’abasirikare irambaraye hasi, bambaye impuzakano iranga aba basirikare ko ari abo mu itsinda ryaba PM.

Iyi nkuru isoza ivuga ko imirambo y’aba basikare yaje kurizwa indege, yoherezwa kuja gushingurwa i Lubumbashi, mu cyahoze cyitwa Katanga.

           MCN.
Tags: KanangaMisiyoPm
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
ICC yatangaje ibigomba kwihutishwa kugira ngo abayobozi ba Israel na Hamas batabwe muri yombi.

ICC yatangaje ibigomba kwihutishwa kugira ngo abayobozi ba Israel na Hamas batabwe muri yombi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?