• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 8, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Impamvu imwe gusa, niyo yatumye abasirikare ba FARDC bari muri misiyo i Kananga barasana ntihagira urukoka!

minebwenews by minebwenews
August 25, 2024
in World News
0
Impamvu imwe gusa, niyo yatumye abasirikare ba FARDC bari muri misiyo i Kananga barasana ntihagira urukoka!
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impamvu imwe gusa, niyo yatumye abasirikare ba FARDC bari muri misiyo i Kananga barasana ntihagira urukoka!

You might also like

Uganda Airlines Takes a New Step Forward: Daily Flights to Connect Entebbe and Kigali

Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n’Inyungu Zitegerejwe

U Burusiya Bwakajije Ibitero kuri Kyiv: Misile za Ballistique na Drone Zihitana Abantu Benshi, Abandi Barakomereka

Ni ku munsi w’ejo hashize tariki ya 24/08/2024, nibwo abasirikare batatu ba leta ya Kinshasa barimo ufite ipeti rya adjudant Chef bavuye i Lubumbashi baja muri misiyo i Kananga, ubwo bajaga kugaruka, umwe wo muribo asaba uyu komanda wari ubayoboye ku muha ifaranga za misiyo, ntiyazihabwa niko guhita arasa komanda na mugenzi we barapfa, nawe aza kwicwa arashwe.

Nk’uko amakuru avuga aba basirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bari abo mu itsinda ry’abapemi(PM) bakaba bari batumwe i Kananga gufatayo ibikoresho by’agisirikare birimo imbunda n’amasasu.

Ubwo kuri uyu wa Gatandatu bari bagiye kurira indege bava Kananga bagaruka i Lubumbashi, umwe wo muri aba batatu yabwiye komanda we ku muha amafaranga ya misiyo bari bagenewe guhabwa, undi nawe amusubiza ko amafaranga bazayahabwa ni bamara kugera iyo baje bava.

Mu kwerekeza i Kananga bava i Lubumbashi bagiye n’indege, byari ngombwa ko n’ubundi bongera gukoresha indege bagaruka, aha rero niho uyu musirikare yahawe igisubizo ko azahabwa amafaranga ya misiyo ni bamara kugera i Lubumbashi.

Bakiri muri ayo, nibwo uyu musirikare yahise arasa uyu komanda wari ubayoboye muri iyi misiyo agwa aho, ntiyarekera aho, kuko yahise akurikizaho n’uyu musirikare wundi bari kumwe amurasa amasasu atatu nawe agwa aho.

Amakuru akomeza avuga ko nyuma y’uko uyu musirikare yari amaze kubona bagenzi be barapfuye, niko guhita yiruka, cyagihe arimo kwiruka yaje guhura n’umudamu w’umusivile nawe ahita amurasa arapafa.

Muri icyo igihe, nibwo abasirikare basanzwe bakorera muri ibyo bice byo muri Kananga baje guhiga uyu musirikare baza ku mwica bamurashe amasasu menshi.

Amashusho yagiye hanze ibigaragaza ubona imirambo itatatu y’abasirikare irambaraye hasi, bambaye impuzakano iranga aba basirikare ko ari abo mu itsinda ryaba PM.

Iyi nkuru isoza ivuga ko imirambo y’aba basikare yaje kurizwa indege, yoherezwa kuja gushingurwa i Lubumbashi, mu cyahoze cyitwa Katanga.

           MCN.
Tags: KanangaMisiyoPm
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uganda Airlines Takes a New Step Forward: Daily Flights to Connect Entebbe and Kigali

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n’Inyungu Zitegerejwe

Uganda Airlines Takes a New Step Forward: Daily Flights to Connect Entebbe and Kigali MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Uganda’s national carrier, Uganda Airlines, has announced that it will...

Read moreDetails

Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n’Inyungu Zitegerejwe

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n’Inyungu Zitegerejwe

Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n'Inyungu Zitegerejwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu rwego rwo gukomeza kwagura ibikorwa byayo no kongera amahirwe y'ingendo zo mu...

Read moreDetails

U Burusiya Bwakajije Ibitero kuri Kyiv: Misile za Ballistique na Drone Zihitana Abantu Benshi, Abandi Barakomereka

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
U Burusiya Bwakajije Ibitero kuri Kyiv: Misile za Ballistique na Drone Zihitana Abantu Benshi, Abandi  Barakomereka

U Burusiya Bwakajije Ibitero kuri Kyiv: Misile za Ballistique na Drone Zihitana Abantu Benshi, Abandi Barakomereka Igitero gikomeye cyagabwe n’u Burusiya kuri Ukraine hakoreshejwe misile za ballistique n’indege...

Read moreDetails

Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare

by Bahanda Bruce
August 4, 2026
0
Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare

Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare Mu gihe Perezida wa Cameroun Paul Biya akomeje kutagaragara...

Read moreDetails

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv Intambara hagati y'u Burusiya na Ukraine ikomeje gufata indi ntera, nyuma y'uko mu gitondo cyo ku wa...

Read moreDetails
Next Post
ICC yatangaje ibigomba kwihutishwa kugira ngo abayobozi ba Israel na Hamas batabwe muri yombi.

ICC yatangaje ibigomba kwihutishwa kugira ngo abayobozi ba Israel na Hamas batabwe muri yombi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?