Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Impamvu Moïse Katumbi, atiyamamarije i Kananga, ya menyekanye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 19, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye impamvu kandida nimero 3, Moïse Katumbi Chapwe, atagiye kw’iyamamaza mu Mujyi wa Kananga, mu Ntara ya Central, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Amakuru yizewe avuga ko kandida nimero 3, Moïse Katumbi, yanze kwerekeza i Kananga ku mpamvu z’u mutekano we nimugihe abashinzwe gutanga uburinzi bwa biyamamariza k’umwanya w’umukuru w’igihugu batari ba biteguye neza nk’uko byarimo gukorwa muntangiriro zo kw’iyamamaza kwa kandida Moïse Katumbi.

Ibi na Moïse Katumbi, ubwe yabiciye amarenga ubwo aheruka gutanga ikiganiro i Kinshasa n’abanyamakuru nyuma y’uko yararangije igikorwa cyo kw’iyamamaza ku wa Gatandatu, tariki 16/12/2023.

Yagize ati: “Umutekano wanjye wo kwerekeza i Kananga mbona atarishashya.”

Yunzemo kandi ati: “Abashinzwe umutekano mbona batateguwe nk’uko byahoraga.”

Umwe mu bashinzwe umutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, utashatse ko izina rye rija hanze, yabwiye Minembwe Capital News, ati: “Hariya muri Kananga, nahantu hari abantu ba perezida Félix Tshisekedi, rero Katumbi Chapwe, yari yapangiwe kuraswa. Iyo aza kwibesha akerekezayo aba yarahuye n’uruva gusenya.”

Yakomeje ati: “Abashigikiye perezida Félix Tshisekedi, barabizi neza ko Katumbi, akunzwe cyane kurusha Tshisekedi. Hariya niho bari ba boneye umwanya wo kumurangiza.”

Amatora nyirizina asigaje amasaha make kugira ngo abe n’ubwo hari ibikigoranye harimo ibibazo by’u mutekano n’ibikoresho bimwe bifasha kugira Amatora akorwe bikaba bitarabasha kugezwa ahabigenewe byose.

Bruce Bahanda.

Tags: Impamvu atiyamamarije i KanangaMoïse KatumbiNimero 3Yamenyekanye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Mugihe hasigaye amasaha make, abanyekongo bagatora Abayobozi, b'igihugu cyabo, kugeza ubu ibice bimwe birimo na Rurambo, ntibaragezwaho ibikoresho by'ifashishwa mu matora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?