• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Impamvu yatumye umusirikare wa FARDC yakwa imbunda mu Minembwe yamenyekanye.

minebwenews by minebwenews
August 2, 2024
in Regional Politics
0
Impamvu yatumye umusirikare wa FARDC yakwa imbunda mu Minembwe yamenyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impamvu yatumye umusirikare wa FARDC yakwa imbunda mu Minembwe yamenyekanye.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ibikubiye mu butumwa bwanditse bwahawe ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, buvuga ko ‘ahar’ejo abaturage b’irwanaho batse umusirikare wa FARDC imbunda ku mpamvu z’i myitwarire mibi yagaragaye kuri uwo musirikare.’

Ubu butumwa buvuga ko ahagana isaha z’umugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki ya 01/08/2024, kwaribwo umusirikare wo mu ngabo za FARDC mu Minembwe yageze ahitwa ku Kuziba hafi n’ikibuga cy’indege cyo muri ibyo bice atangira gukubita no kunyayasa(kunyaga) abaturage yari asanze aho.

Rero, ako kanya, haje kugera abaturage b’irwanaho maze bahita bafata wa musirikare bamwaka imbunda ye yo mu bwoko bwa AK-47, ariko bareka wa musirikare amahoro asubira mu ikambi ya gisirikare iherereye muri Minembwe Centre, nk’uko ubu butumwa bwakomeje buvuga.

Ubu butumwa bunavuga kandi ko kugeza ubu imbunda y’uwo musirikare ikiri mu maboko y’abaturage b’irwanaho, kandi ko ibi biteje impagarara muri aka gace.

Biranavugwa ko kubera ibyo byabaye iki gisirikare cya leta kiri muri ibyo bice, cyazindutse gikora patrol gikoresheje drone aho izo drone ziri kuzengeruka hejuru y’uduce abaturage b’irwanaho baherereyemo.

Kandi ko ndetse byanatumye hongera kuba umwuka mubi wo kurebana ayingwe, hagati ya Twirwaneho n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ariko amakuru akavuga ko kuvaho izi ngabo zaje gukombora 12 brigade yarimaze igihe kirenga imyaka 10 muri Minembweza, zakomeje kugira imyitwarire idahwitse, ndetse bigakekwa ko aba basirikare bashya ari bakurutu, ni mu gihe nabo ubwobo baheruka kurasana ubwo umwe wo muribo yarimo akinisha imbunda birangira ateye uwabo ibomba ahita y’itaba Imana.

              MCN.
Tags: Mu MinembweUmusirikare wa FARDCYatswe imbunda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
M23 igize igihe yarahabuye ubutegetsi bwa Kinshasa, yatsembye, igira ibyo yanga, byumvikanyweho i Luanda.

M23 igize igihe yarahabuye ubutegetsi bwa Kinshasa, yatsembye, igira ibyo yanga, byumvikanyweho i Luanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?