• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 17, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 igize igihe yarahabuye ubutegetsi bwa Kinshasa, yatsembye, igira ibyo yanga, byumvikanyweho i Luanda.

minebwenews by minebwenews
August 2, 2024
in Regional Politics
0
M23 igize igihe yarahabuye ubutegetsi bwa Kinshasa, yatsembye, igira ibyo yanga, byumvikanyweho i Luanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 igize igihe yarahabuye ubutegetsi bwa Kinshasa yatsembye, igira ibyo yanga, byumvikanyweho i Luanda.

You might also like

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

Ni bikubiye mu itangazo umutwe wa M23 washize hanze kuri uyu w’ejo hashize tariki ya 01/08/2024, rivuga ko uyu mutwe utahita uhagarika imirwano ako kanya, usaba ko leta ya Kinshasa yareka bakaja ku meza y’ibiganiro nabo.

Muri iryo tangazo, cyo bikoze ritangira rishimira abagize uruhare kugira ngo bashakire akarere amahoro n’u Burasirazuba bwa RDC.

Rukavuga kandi ko umwanzuro wo guhagarika imirwano udashobora kubahirizwa kuko ngo byagiye bikorwa mu bihe bitandukanye ariko Congo ikica amasezerano, ko ahubwo aribwo igisirikare cya leta ya Kinshasa kiba kiboneyeho umwanya wo kwisuganya ngo kigabe ibitero.

Itangazo rigira riti: “M23, yemeje ko umwanzuro wo guhagarika imirwano utahita ushyirwa mu bikorwa . Guverinoma ya Kinshasa n’abo bafatanya yagiye igira urwitwazo guhagarika intambara kwayo, ikaba ariwo mwanya wokwiyegeranya no gukomeza kwibasira inzirakarengane zo mu bwoko bumwe ari nabwo twe tugamije kurinda.”

Uyu mutwe waboneyeho no kuvuga ko igihe leta ya Kinshasa yo kwemera ibiganiro byabo nayo ari cyo gihe hozaboneka umuti urambye ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC ziheruka guhuriria i Luanda mu Gihugu cya Angola mu rwego rwo kugira ngo baganire, hagamijwe kurebera hamwe icya hoshya umwuka mubi wa makimbirane hagati y’ibi bihugu byombi.

Umwe mu myanzuro yafatiwe muri ibyo biganiro ni uko humvikanywe ko Impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC zihagarika imirwano, kandi bikazatangira kubahirizwa tariki ya 04/08/2024.

Ibiro bya perezida wa Angola, João Lourenço byatangaje ko uku guharika imirwano bizagenzurwa n’itsinda ribishinzwe.

            MCN.
Tags: Byumvikanyweho i LuandaIgira ibyo yangaM23Yatsembye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi Impinduka nshya mu mitekerereze y’ibihugu bya Afurika iri gufata indi ntera, aho Repubulika ya Togo yashyize imbere ikibazo kimaze imyaka myinshi...

Read moreDetails

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yageze i Brazzaville ku gicamunsi cyo kuri uyu...

Read moreDetails

Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200

by Bahanda Bruce
April 14, 2026
0
Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200

Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200 Mu ijoro ryo ku wa 31 Werurwe 2026, inkongi y’umuriro n’iturika rikomeye byibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base, giherereye...

Read moreDetails

Ibaruwa Ifunguye Isubiza Minisitiri Muyaya: Ukuri ku Mateka, Jenoside n’Intandaro y’Umutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
April 13, 2026
0
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Imvugo z’Abayobozi Zirakomeretsa kurusha Intwaro.

Ibaruwa Ifunguye Isubiza Minisitiri Muyaya: Ukuri ku Mateka, Jenoside n’Intandaro y’Umutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC Iyi baruwa ifunguye yandikiwe Minisitiri ushinzwe itangazamakuru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post

Mutualite iheruka kuvuka i Mbarara yiyonkoye kuy'indi, yashyizeho ubuyobozi bushya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?