Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Impinduka mu Gisirikare ca RDC, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo n’i Yaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 6, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu rwego rwo gukomeza gushaka icyazana amahoro n’u mutekano mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo n’i Yaruguru, u buyobozi bukuru bw’igisirikare cya FARDC i Kinshasa, bwakoze impinduka ahanini mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo n’i Yaruguru.

You might also like

Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

N’ibyasohotse mw’itangazo ryaraye risohotse muririjoro ryakeye, ryo kw’itariki 05/12/2023, rikaba ririho umukono w’u mugaba Mukuru w’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, bwana Gen Christian Tshiwewe Songesa.

Ibi kubiye mur’iryo tangazo bivuga ko: Major Gen Kalonda Famba Kaf, kwariwe wagizwe Komanda Secteur( skl2 NSK) , iherereye Nyamunyunyu.

Brigadier Gen MWEHU LUMBU Evariste, we yagizwe kuba Komanda Secteur (SKL2 SSK), ya Uvira.

Mugihe bwana Major Gen MUKALAY NGOY François, we yahawe kuyobora Secteur ya UELe.

Naho Brigadier General BIAGOLO NGONDO Antoine, yahawe kuba ops muri 33ème Region militaire mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Brigadier General JEAN JACQUE ILUNGA, aba Komanda ops, muri 34ème Region militaire (mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru).

Col MONDONGA ROMAIN niwe wagizwe Komanda ops (SKL2 SSK) muri Secteur Uvira .

Col MUMPASI KETON NELSNO
ADJT ADM-log SKL2 SSK i Buvira

Col BOTONGO ISUKA JOSE ADJT ADM-LOg 34 Region militaire mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

LT CoL NGIRIBICHO BULOMBO JOSEPH, yahawe kuba uhagarariye iperereza muri 34 Region militaire(Mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru).

Bruce Bahanda.

Tags: Impinduka mu Gisirikare ca RDC mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo n' Yaruguru
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 28, 2025
0
Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

Mutualite y'Abanyamulenge i Burundi yavuze iby'uko ibayeho muri iki gihugu. Mutualite Shikama i Burundi y'Abanyamulenge yatangaje ko ibayeho neza mu gihugu cy'u Burundi, ndetse ishimangira ko nta kibazo...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo z'u Burundi, zongeye gukubita ziruzura, k'u butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?