• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, April 26, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi, zongeye gukubita ziruzura, k’u butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
December 6, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi zongeye gukubita ziruzura muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Byavuzwe ko i santire (Centre), ya Nyangezi, muri teritware ya Walungu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca RDC, ko hongeye kugera abasirikare b’u Burundi benshi ba barirwa mu bihumbi.

Nk’uko iy’i nkuru igera kuri Minembwe Capital News, ivuga ko bariya basirikare b’u Burundi ko bambutse ku wa Mbere, tariki 04/12/2023, kuri ubu bakaba bari muri Centre ya Nyangezi, berekeza i Goma.

Umwe mubari kubona bariya basirikare b’u Burundi, utashatse kwivuga izina, ku bw’u mutekano we, yagize ati: “Muri centre ya Nyangezi haraca uwambaye kubera aga centre kose kahindutse abasirikare b’u Burundi gusa. Bamwe muribo batubwiye ko bagiye kurwanya M23 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.”

Ibi bi baye mugihe imirwano yongeye gukomera mur’iyi minsi itatu kuva ku Cyumweru, k’uwa Mbere nokuri uyu wa Kabiri. N’imirwano ikomeje kubera muri teritware ya Masisi, aho bivugwa ko ingabo z’u Burundi kozamaze kwinjira mu rugamba rweruye na M23. Ibi byanemejwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike bwana Lawrence Kanyuka, aho yashimangiye abihamya ko FARDC, FDLR, Wagner na Wazalendo kobamaze kwifatanya n’Ingabo z’u Burundi, z’ibarizwa muri Kivu y’Amajyaruguru.

Gusa umuvugizi w’igisirikare c’u Burundi nyuma y’uko M23 itangaje ko ingabo z’u Burundi zinjiye mu mirwano, nabo uriya muvugizi w’igisirikare c’u Burundi nawe yarabihakanye anyomoza u mutwe wa M23.

Ati: “Ibyo u mutwe wa M23 uvuga ko twinjiye mu mirwano n’ibinyoma byambaye ubusa. Twebwe ingabo zacu zagumye aho zatumwe.”

N’ubwo biruko abasirikare benshi b’u Burundi bakomeje gupfira muri teritware ya Masisi, muntambara bahanganyemo n’uriya mutwe wa M23. Amakuru yatangajwe n’ibinyamaku by’u Burundi muriki Gitondo co kuri uyu wa Gatatu, tariki 06/12/2023, bavuze ko hamenyekanye ko “abasirikare b’u Burundi ba barirwa 25 ko bapfuye abandi barakomereka ndetse n’abandi benshi ba burirwa irengero.”

Bruce Bahanda.

Tags: Ingabo z'u Burundi zongeye gukubita ziruzura k'u butaka bwa RDCNyangezi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post

Nyuma y'uko Col Madawa wo muri Maï Maï, y'iyunze n'ingabo z'u Burundi, i Nyangezi, yabuze ayacira nayo amira..

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?