• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imvururu ziravuza ubuhuha muri Mutualite y’Abanyekongo baturiye i Mbarara ho mu gihugu cya Uganda.

minebwenews by minebwenews
July 7, 2024
in Regional Politics
0
Imvururu ziravuza ubuhuha muri Mutualite y’Abanyekongo baturiye i Mbarara ho mu gihugu cya Uganda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imvururu ziravuza ubuhuha muri Mutualite y’Abanyekongo baturiye i Mbarara ho mu gihugu cya Uganda.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

N’imvururu zivutse mu gihe hari hegereje amatora y’abayobozi ba Mutualite, ayo bavuga ko azaba ku wa Mbere tariki ya 08/07/2024, ariko imiryango imwe mu igize iyi Mutualite ikaba irimo kwikura muri ayo matora, igashinja ubuyobozi bwayo kuyategura nabi no kuyategurana akajagari, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Kur’ubu hayoboye uwitwa Frank Mine, akungirizwa na Gatanazi Robert, manda yabo yarangiye mu kwezi kwa Cumi n’abiri umwaka ushize, ariko ntibashoboka bategura amatora y’abazabasimbura, ari nabyo byavutsemo izo mvururu.

Ay’amakuru akavuga ko imwe mu miryango yarigize iyi Mutualite ko yamaze gukuramo akabo karenge, irimo uw’Abarundi n’Abasegege, aho iyo miryango yombi yashize inyandiko hanze ikoresheje imbuga nkoranya mbaga, zisezerera ubuyobozi bw’iyo Mutualite ko yo itazitabira ayo matora.

Umuryango w’Abarundi wanditse ugira uti: “Imyanzuro y’inama y’u muryango w’Abarundi, yateranye kw’itariki ya 06/07/2024; inama yasesenguye amabwiriza agenga amatora muma% isanga ryaratowe kubwitabire butageze 2/3, kandi kunyungu z’ubuyobozi bucyuye igihe, bituma hafatwa imyanzuro batarebye icyo itegeko rigena.”

Zikomeza zigira ziti: “Dusanga n’ubundi tutazi abiyamamaza, bityo ntajwi ry’umuryango twatanga.Kuba haremejwe ko abacyuyigihe bongera bakiyamamariza manda ya 3, twasanze ari inyungu zabo bwite zitari iz’umuryango mugari, nk’uko byari bisanzwe bizwi ko itegeko ritabyemera, bikaza guhindurwa kunyungu zabo. Kubera izo mpamvu umuryango w’Abarundi wanzuye ko utazitabira ayo matora igihe cyose inteko rusange itaraterana, ngo dutangemo ibyifuzo byacu.”

Uwa Basegege nawo n’uko, inyandiko zabo zivuga ko uyu muryango utazitabira ariya matora kandi ko batemera ibizayavamo.

Byanasobanuwe ko manda y’abayobozi ba Mutualite i Mbarara imara igihe cy’imyaka ibiri gusa, kandi ko uyobora agomba kuba afite imyaka y’amavuko iri munsi ya 55, ariko iri tegeko rikaba ryarahinduwe mu buryo butumvwaho rumwe na bose, ndetse ubwo bavuga ko bufifise, ni mu gihe ryahinduwe n’aba bayobozi bari gucyura igihe, barihindura ko uyobora kwa gomba kuba afite imyaka y’amavuko iri munsi ya 65.

Ay’amakuru akomeza anavuga ko “kubera izo mvururu zavutse muri iyi Mitualite y’Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, baturiye i Mbarara, Frank Mine niwe kandida wenyine abandi bakaba banze gutanga kandidatire zabo mu gihe hasigaye umunsi umwe gusa amatora akaba.”

Hagati aho hari agatsiko katashize amazina yabo hanze, ariko gashira inyandiko ku rubuga ruhuriyeho abagize iriya Mutualite, iburira abacyuye igihe kwirinda umwuka mubi uzana amacakubiri.

Iyandiko zako gatsiko zivuga ko bo ari abagabo bareba kure bu Muhana wa Mbarara.

Zigira ziti: “Tumaze kubona ingaruka zigiye kuba mu kudusenyera Mutualite, kuri ubwo turasaba ibi bikurikira: ‘nuko abayobozi bacu barangije manda yabo bakoze neza bagende bareke kwiyamamaza, kuko manda zabo zararangiye, kandi mu gihe baziyamamaza ntibizareka kuzana umwuka mubi.’ Barayoboye. Turabasaba kurekera aho, turanabashimiye.”

Nk’uko biri bwana Mine Frank yahoze ari visi perezida wa Jaques Muhizi, nyuma aza ku musimbura kuri uyu mwanya. Gusa, manda yarayoboye yarangiye umwaka ushize, bakavuga ko kuri ubu, yarabaye amezi akabakaba arindwi mu buryo bo bavuga ko bufifise.

               MCN.
Tags: BanyamulengeImvururuMbararaMutualite
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Bombori bombori iravugwa mu muryango wa CEDEAO, nyuma y’uko Mali, Burkina Faso na Nijeri byivanyemo.

Bombori bombori iravugwa mu muryango wa CEDEAO, nyuma y'uko Mali, Burkina Faso na Nijeri byivanyemo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?