• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Imyaka 16 irashyize intwari Maj.Kagigi yishwe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 11, 2025
in Conflict & Security
0
Imyaka 16 irashyize intwari Maj.Kagigi yishwe
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imyaka 16 irashyize intwari Maj.Kagigi yishwe

You might also like

AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

AFC/M23 Yahanganye n’Ingabo za Leta, Abaturage Babarirwa mu Magana Bahungira i Mweso

AFC/M23 Yahishuye Ko Kabila Ari Imbere mu RDC, Inatangaza Kugaruka Kwe mu Ruhame

Major Kagigi Musabwa, umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo uri mu ntwari zitazibagira muri iki gihugu, cyane ku Banyamulenge, imyaka 16 irashyize yishwe, nyuma yo kuraswa n’abantu bari bihambiriye ibintu mu maso.

Uyu musirikare yarashwe ku manywa yo ku itariki ya 11/10/2009 wari umunsi wo ku cyumweru, nyuma y’aho yerekeje i Bukavu avuye mu bice biherereye mu kibaya cya Rusizi ibyo yarasanzwe akoreramo.

Bivugwa ko yahamagawe na komanda region i Bukavu, aho icyo gihe iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo yari iyo bowe na Lt Gen Pacifique Masunzu.

Muri icyo gihe byanasobanuwe kandi ko yabwiwe ko ari nama yahamagariwe kubamo.

Ubwo yari hafi kugera mu mujyi wa Bukavu, dore ko yari yanyuze umuhanda wa Ngomo, hasigaye ibirometero bike yinjire muri Bukavu, imodoka yarimo iraraswa, ndetse ubwe arakomereka, anajanwa mu bitaro byaraho hafi, ariko abigejejwemo yitaba Imana, nk’uko byavuzwe icyo gihe.

Abamurashe, nk’uko aya makuru y’icyo gihe yabivugaga, bari bihambiriye ibitambaro mu maso. Hari n’andi makuru avuga ko yagambaniwe n’ubu buyobozi bwa FARDC bwari buyoboye iyo ntara icyo gihe.

Ariko kandi n’ubwo bari banihambiriye ibitambaro mu maso, bari bambaye impuzakano y’igisirikare cya RDC.

Major Kagigi Musabwa, yari umusirikare waruzwiho ubutwari k’u rugamba, kuko izo ya yoboye zose, yarazitsindaga.

Ni umusirikare bivugwa ko yakundaga kurasisha imbunda y’itwa Kibariga n’iya Mashin Gun.

Ni we wagaruye amahoro ku Ndondo ya Bijombo mu myaka ya 1999, na nyuma y’aho. Hari nyuma yo kuyirukanamo imitwe yitwaje intwaro ya Mai Mai n’indi yayifashaga y’Abarundi n’iya FDLR.

Bamwe mu basirikare babanye na we, bamutangaho ubuhamya bakagera aho amarira abazenga mu maso.
Bakavuga ko yari azi komandema, kandi akanarwana, ndetse akanatahana iminyago.

Yatabaye henshi, kandi buri aho atabaye agatsinda umwanzi.

Kagigi azahora mu mitama y’Abanyamulenge. Intwari ntipfa irasinzira, umunsi utazwi azazukana n’abera.

Tags: Major Kagigi Musabwa
Share40Tweet25Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose Ku wa Mbere, tariki ya 12/01/2026, mu mujyi wa Goma, ubuyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye n’Ingabo za Leta, Abaturage Babarirwa mu Magana Bahungira i Mweso

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye n’Ingabo za Leta, Abaturage Babarirwa mu Magana Bahungira i Mweso

AFC/M23 Yahanganye n’Ingabo za Leta, Abaturage Babarirwa mu Magana Bahungira i Mweso Mu gitondo cyo ku wa Mbere, tariki ya 12/01/2026, habaye imirwano ikaze hagati y’abarwanyi b’ihuriro AFC/M23...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahishuye Ko Kabila Ari Imbere mu RDC, Inatangaza Kugaruka Kwe mu Ruhame

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
AFC/M23 Yahishuye Ko Kabila Ari Imbere mu RDC, Inatangaza Kugaruka Kwe mu Ruhame

AFC/M23 Yahishuye Ko Kabila Ari Imbere mu RDC, Inatangaza Kugaruka Kwe mu Ruhame Umuyobozi w’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille...

Read moreDetails

Abagore Barenga Umunani Bapfiriye mu Bikorwa by’Ubuvuzi Butemewe muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Abagore Barenga Umunani Bapfiriye mu Bikorwa by’Ubuvuzi Butemewe muri Kivu y’Amajyepfo

Abagore Barenga Umunani Bapfiriye mu Bikorwa by’Ubuvuzi Butemewe muri Kivu y’Amajyepfo Mu kwezi kwa cumi nabiri 2025, abagore icyenda bapfiriye mu bigo bitandukanye by’ubuvuzi biherereye muri teritware ya...

Read moreDetails

AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili

AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), kuri uyu...

Read moreDetails
Next Post
Amatsinda abiri yo muri Wazalendo yumvanye iminsi muri Kivu y’Epfo benshi muri bo babigwamo

Amatsinda abiri yo muri Wazalendo yumvanye iminsi muri Kivu y'Epfo benshi muri bo babigwamo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?