• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 12, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imyigaragambyo yongeye gukara muri Kenya, barasaba perezida William Ruto kwegura hakiri kare.

minebwenews by minebwenews
July 17, 2024
in Regional Politics
0
Imyigaragambyo yongeye gukara muri Kenya, barasaba perezida William Ruto kwegura hakiri kare.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imyigaragambyo yongeye gukara muri Kenya, barasaba perezida William Ruto kwegura hakiri kare.

You might also like

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Aharejo tariki ya 16/07/2024, urubyiruko rw’Abanyakenya rwongeye gukora imyigaragambyo ikomeye, basaba perezida w’iki gihugu kwegura na Guverinoma ye yose.

Ibyumweru bibiri byari bishize imyigaragambyo itongeye kuba, nyuma y’uko perezida William Ruto yari yirukanye abaminisitiri bose mu rwego rwo kwerekana ko yumvise amajwi y’urubyiruko, gusa ibi byari ukwibeshya kuko imyigaragambyo yongeye gukara.

Ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters, byavuze ko kuri uyu wa Kabiri, abantu isinzi biraye mu mihanda basaba ko umukuru w’igihugu cyabo atirukana ba minisitiri gusa, ko hubwo yirukana na ba Guverineri ndetse n’abayobozi b’inzego zibanze, ahanini bashinjwa kurya ruswa.

Perezida wa Kenya kandi arasabwa kwegura ku giti cye, kuko nawe anengwa uburyo yakoresheje mu gukemura ibibazo biri mu gihugu, bityo ingaruka zikaba zitagomba kugera ku bandi zimusize.

Ariko William Ruto yavuze ko yiteguye gukomeza kuganira n’urubyiruko, n’ubwo rukomeje kumusaba byinshi harimo ko agomba gukora amavugururo azatuma Kenya yishyura imyenda ifite, ikabikora itongeye imisoro ituruka imbere mu gihugu kandi itanagujije indi myenda mu mahanga.

Reuters yanavuze ko igipolisi cya Kenya cyagerageje guhoshya iyo myigaragabyo gikoresheje kurasa ibyuka biryana mu maso.

Imyigaragambyo ikomeje kuba muri iki gihugu cya Kenya imaze kugwamo abantu babarirwa muri 40 ndetse basaga, nk’uko bikomeje gutangazwa ku mbuga nkoranya mbaga.

             MCN.
Tags: ImyigaragambyoKenyaWilliam Ruto yasabwe kwegura
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 12, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko uburyo umuryango mpuzamahanga witwara ku ntambara iri kubera...

Read moreDetails

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gikomeye ku...

Read moreDetails

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails
Next Post
Intambara mu Burasirazuba bwa RDC yahinduye isura, amarozi yajemo.

Intambara mu Burasirazuba bwa RDC yahinduye isura, amarozi yajemo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?