• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Imyitwarire y’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Minembwe, ikomeje kurushaho kuba mibi.

minebwenews by minebwenews
July 2, 2024
in World News
0
Imyitwarire y’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Minembwe, ikomeje kurushaho kuba mibi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imyitwarire y’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Minembwe, ikomeje kurushaho kuba mibi.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Nibikubiye mu butumwa bwanditse, abaturage baturiye komine Minembwe, bahaye ubwanditsi bwa MiCN, buvuga ko Ingabo za FARDC ziheruka gutumwa mu misozi miremire y’imilenge ko imyitwarire yabo ikomeje kurangwa n’amafuti kandi ashobora gushira abaturage mu kaga.

Ahagana isaha zibiri z’ijoro ryo kuri uy’u wa mbere, rishira kuri uyu wa Kabiri tariki ya 02/07/2024, amasasu menshi yumvikaniye muri santire ya Minembwe, kandi ayarimo y’umvikana, yarimo nay’imbunda ya Mashin gun ifatwa nk’iyumusaada ndetse n’amabomba.

Ubu butumwa bugasobanura ko abasirikare barasaga, bari baherereye neza mu gice kigana epfo ya santire, ahahereye kuri komine ya Minembwe.

Kandi ko umwanya abo basirikare bamaze barasa, watwaye iminota ingana na 15 cyangwa hejuru yayo gato. Gusa, nta byangiritse, usibye isaha z’igitondo cyo kuri uwo wa Mbere, ubwo aba basirikare kandi bazindutse barasira mw’irango rya Runundu, umwe wo muribo yaje gukomeretswa n’abagenzi be, aza nokugwa mu bitaro.

Byanavuzwe kandi ko iy’i myitwarire mibi y’ingabo za RDC yokurasa buzira impamvu, bayadukanye kuva bakirenga imisozi yo mu Mitamba, ubwo bari bavuye Uvira bageze ku Ndondo ya Bijombo. Kuko umunsi barenga muri iy’i misozi ya Mitamba bararashe cyane ndetse bikanga abaturage baturiye ibyo bice.

Mu mpera z’ukwezi dusoje, nibwo aba basirikare batangiye kugera mu Minembwe bavuye i Kitona.

Ariko imico yo kurasagura amasasu ntiyari sanzwe muri ibi bice, kuko amasasu yaraswaga igihe habaye imirwano.

Abaturage baturiye ibyo bice bakavuga ko iy’i mico yokurasagura amasasu , ishobora gushira abaturage mu kaga, ngo kuko abenshi bari kanga bakagira ngo n’intambara ibaye, bakaba bohunga abandi ndetse bashobora ngo no guhahamuka.

Kuri ubwo bakaba basaba ingabo za FARDC ku bihagarika, kugira ngo abaturage batekane.

Ubwo butumwa bwa baturage bunavuga ko ibyo kurasagura amasasu nta mirwano yabaye, bitari bikwiye gukora Ingabo z’igihugu ko hubwo byokorwa n’inyeshamba zitunze intwaro ahanini muribo harimo abatarazize.

             MCN.
Tags: Ingabo za FARDCKurasagura amasasu menshiMinembwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Umwe mu bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa, yavuze mpuruyaha uko uwo mugambi wacuzwe.

Umwe mu bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa, yavuze mpuruyaha uko uwo mugambi wacuzwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?