• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umwe mu bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa, yavuze mpuruyaha uko uwo mugambi wacuzwe.

minebwenews by minebwenews
July 2, 2024
in Regional Politics
0
Umwe mu bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa, yavuze mpuruyaha uko uwo mugambi wacuzwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa, yavuze mpuruyaha uko uwo mugambi wacuzwe.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Nibyo Yusufu yavugiye mu rukiko i Kinshasa, umwe mubari mugatsiko kari kayobowe na Christian Malanga Musumari, kari kagamije gukubita ku deta ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi; ingabo za FARDC ziza kuburizamo uwo mugambi zikoresheje imbaraga za gisirikare.

Yusufu, yasobanuye ko kuva mu 2017 ari bwo we yamenye Christian Malanga Musumari, kandi ko icyo gihe bari i Londre mu Bwongereza.

Baza gukorana ingendo, bazengurukana ahantu henshi, avuga ko bavuye mu Bwongereza baja Swaziland n’ahandi, babona kuja muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Hanyuma ngo yaje guhatirwa kwinjira mu mutwe witwa ‘New Zaïre,’ ngo atazi impamvu.

Kuva i Mangayi bamenyekanisha uyu muryango, Kasungulu, bageze kuri Auberge, i Ngaliema. Avuga kandi ko bageze aha Aububakar, umwe wabo azakwicwa nyuma y’uko yari yazanye imyambaro ya gisirikare yakorewe muri Angola.

Yasobanuye kandi ko umuyobozi wakariya gatsiko, yababwiraga ko inshingano zabo kwari ukubanza bagafata Vital Khamere wahoze ari minisitiri w’u bukungu, no kumuzana muri palais de la nation (ingoro y’umukuru w’igihugu) kugira ngo bamuvugishe ku byerekeye uko igihugu gihagaze.

Mbere y’uko bagera kwa Kamerhe, abantu bagera kuri mirongo itandatu bitwaje imbunda nibo binjiye muri bus ndetse n’umuyobozi wabo aja muri jeep ye. Babanje guca kwa Jean Pierre Bemba basanga adahari.

Hanyuma, bagiye kwa Kamerhe aho nk’uko abivuga, nta muntu wahiciwe. Kandi umuntu washakishwaga yari yihishe mu mwijima.

Amaherezo, agatsiko kaje kwigarurira Palais de la nation. Hano, nk’uko uregwa Yusufu abivuga, Jeep ya Christian Malanga yinjiye isenya bariyeri zose kandi yinjira mu ngoro y’umukuru w’igihugu nta kurwanya.”

Maze uwari uyoboye aka gatsiko abwira ingabo ze ati: “Ingeta, bibe bityo, dufashe ubutegetsi.”

Abunganira uregwa, bo bagaragaje ko uyu ushinjwa ko ntaruhare runini yabigizemo. Nta muntu yishe kuko atazi gukoresha imbunda.

Ku ruhande rwabo, ubushinjacyaha bwo bwemeza ko Yusufu ari umuhuzabikorwa w’umutwe kandi yawushakiraga abayoboke. Ngo yagize uruhare mu iyicwa ry’abapolisi babiri aho Kamerhe atuye kandi yari yitwaje intwaro.

Iburanisha ritaha riteganijwe ku wa Gatanu tariki ya 05/07/2024.

         MCN.
Tags: Christian Malanga MusumariKinshasaKu detaUregwaYusufu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
M23, umutwe uyobowe na Berterand Bisimwa, bidasanzwe wongeye gukora ikintu gikomeye cyababaje ubutegetsi bwa Kinshasa.

M23, umutwe uyobowe na Berterand Bisimwa, bidasanzwe wongeye gukora ikintu gikomeye cyababaje ubutegetsi bwa Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?