• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Inama yabereye kwa Buruma iraje inshinga bamwe mu Banyamulenge.

minebwenews by minebwenews
January 11, 2025
in Regional Politics
0
Inama yabereye kwa Buruma iraje inshinga bamwe mu Banyamulenge.
132
SHARES
3.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inama yabereye kwa Buruma iraje inshinga bamwe mu Banyamulenge.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Bamwe mu Banyamulenge batuye mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, batewe ubwoba ni nama zidasiba kubera mu mazu yabo bise “Abanyakagara.”

Ni amakuru twahawe n’abaturiye uriya mujyi wa Uvira, aho umwe muri aba Banyamulenge bagize ubwoba bw’izo nama, yagize ati: “Abanyakagara batangiye kudusarika! Hano mu muhana w’i Buvira, ariko ukuri kuraza kuja ahagaragara.”

Yakomeje agira ati: “Inama yabo ejo tariki ya 10/01/2025 yabereye kwa Kidumu Buruma, abitabiriye barimo Bizuru Phanuel, Zacharie Hakizimana, Prosper Rugogoma, n’abandi….”

Gusa uwavuganaga na Minembwe.com yavuze ko batazi icyigiwe muri iyo nama, ariko ko ntacyiza cyayivamo, ngo kuko imigambi y’Abanyakagara nta kindi ibigamije usibye kugambanira abandi Banyamulenge bashigikira “kwirwanaho.”

Yanavuze kandi ko inama zabo bitwa Abanyakagara, zidasiba kubera muri Uvira, kandi ko zarushijeho kuba ubwo Lieutenant General Pacifique Masunzu yahawe kuyobora zone ya gatatu y’ingabo za Congo, ariko ko izo nama zibera ahihishe.

Ahanini, abo Abanyamulenge bita Abanyakagara ni abandi Banyamulenge badashigikira “ukwirwanho.” Aba bavuga ko bagomba gutega amajosi, ubundi bakicwa, ngo kuko nta worwanya Leta ngwabeho.

Kwirwanaho byatangiye kuba mu Banyamulenge, nyuma yaho bari batangiye kwicwa no kunyagwa Inka zabo, mu bitero bikorwa na Maï-Maï kubufasha bw’ingabo za FARDC. Ndetse n’uyu munsi, ziriya nyeshamba za Maï-Maï zateye umuhana wa Biziba utuwe n’Abanyamulenge, ukaba uherereye mu nkengero za centre ya Minembwe.

Ibitero bya Maï-Maï igaba ku Banyamulenge bimaze guhitana ubuzima bw’abantu babarirwa mu bihumbi, kuko amateka avuga ko byatangiye mu 1964, ariko bigeze mu 2017 bifata indi ntera.

Mu gihe imihana yo ibyo bitero imaze gusambura, ibarirwa mu magana, naho inka zabo zanyazwe zibarirwa mu bihumbi amagana.

Kuri ubu, Abanyamulenge bakwiye imishwaro, bamwe bari mu makambi y’impunzi, Uganda, Rwanda, Burundi n’ahandi. Abakeya basigaye mu gihugu ni bo baremye ukwirwanaho, abatabyumva bo muri bo, nibo babagambanira muri Maï-Maï, muri FARDC no mu nterahamwe(FDLR).

Tags: AbanyamulengeAkagaraUvira
Share53Tweet33Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
I Fizi hafungiwe abasore ba Banyamulenge, abandi bishwe.

Sud-Kivu: Kera kabaye, amasasu FARDC yarashe yo gufusha ubusa yarikoze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?