• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Indi Mbonerakure y’u Burundi, yafatiwe mu gitero Maï Maï yagabye mu nkengero za Komine Minembwe.

minebwenews by minebwenews
February 11, 2024
in Regional Politics
0
Indi Mbonerakure y’u Burundi, yafatiwe mu gitero Maï Maï yagabye mu nkengero za Komine Minembwe.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

K’u mugoroba wo k’uwa Gatandatu, tariki ya 10/02/2024, Maï Maï ivanze n’imbonerakure z’u Burundi, bagabye igitero mu nkengero za Komine Minembwe, gifatirwamo umurwanyi wo mu mbonerakure.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’i gitero cyagabwe neza mu baturage baturiye umuhana wa Nyagishasha, ubarizwa muri Grupema ya Bashimunyaka ya 2, muri Secteur ya Lulenge, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Kiriya gitero kimaze kugabwa mu muhana utuwe n’abaturage ba Banyamulenge, Twirwaneho yaratabaye maze barasa Maï Maï n’imbonerakure z’u Burundi, ba Basha ndetse kubasubiza inyuma nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu baturage b’irwanaho.

Minembwe Capital News, yabwiwe ko muricyo gitero ko cyafatiwemo umurwanyi uvuga ururimi rw’i Kirundi, avuga ko ari Imbonerakure.

Ati: “Mu gitero cya gabwe mu muhana wa Nyagishasha, twafatiyemo umugabo uvuga ururimi rw’i Kirundi. Yatubwiye ko ari Imbonerakure ko kandi avuka i Bujumbura, ku murwa mukuru w’u bukungu w’igihugu cy’u Burundi.”

Uwafashwe ni umugabo uri mu kigero cy’imyaka 40 irenga nk’uko byavuzwe na Fidel Sinayigaye.

Si ubwa mbere imbonera kure zifatirwa mu bitero bigabwe na Maï Maï mu mihana y’abaturage ba Banyamulenge, mu nkengero za Komine ya Minembwe, k’uko mu mpera z’u mwaka ushize hafashwe abarundi barenga ba biri.

Hari umurwanyi w’u murundi wafashwe ahagana mu kwezi kwa Cumi, afatirwa ku Kijombo, mu bitero bya Maï Maï byari bigize igihe byibasira abaturage baturiye mu Rutigita, mu m’Ajyepfo ashira uburengerazuba bwa Komine Minembwe.

Ni mugihe kandi mu kwezi kwa Cumi numwe n’u kwa Cumi nabiri, hafashwe abandi barwanyi bavuga ururimi rw’i Kirundi, mu bitero byikurikiranije iminsi itatu mu Cyumweru kimwe.

Ubushize Twirwaneho yashize itangazo hanze ishinja leta y’u Burundi gucura umugambi wo kurimbura Abanyekongo ba Banyamulenge. Ni itangazo rya vuga ko Twirwaneho ifite amakuru ahagije kuri ayo makuru ko ndetse bayahawe n’abasirikare b’u Burundi.

Itangazo rikomeza kuvuga ko uwo mugambi wo kuri mbura Abanyamulenge leta y’u Burundi iwufatikanije na leta ya Kinshasa.

Tu bibutseko ko n’Interahamwe ziheruka kuva mu Lulenge na Kilembwe, zigana mu misozi miremire ya Uvira, uduce tugenzurwa n’ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC.

Bruce Bahanda.

Tags: ImbonerakureYafatiwe mu gitero Maï Maï yagabye mu nkengero za Komine Minembwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Gen Kainarugaba Muhoozi, wo mu gihugu cya Uganda, yahishuye ko hari igihe we, n’umuryango we, bigeze kw’itwa ab’Abanyarwanda.

Gen Kainarugaba Muhoozi, wo mu gihugu cya Uganda, yahishuye ko hari igihe we, n'umuryango we, bigeze kw'itwa ab'Abanyarwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?