• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Indi Mbonerakure y’u Burundi, yafatiwe mu gitero Maï Maï yagabye mu nkengero za Komine Minembwe.

minebwenews by minebwenews
February 11, 2024
in Regional Politics
0
Indi Mbonerakure y’u Burundi, yafatiwe mu gitero Maï Maï yagabye mu nkengero za Komine Minembwe.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

K’u mugoroba wo k’uwa Gatandatu, tariki ya 10/02/2024, Maï Maï ivanze n’imbonerakure z’u Burundi, bagabye igitero mu nkengero za Komine Minembwe, gifatirwamo umurwanyi wo mu mbonerakure.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

N’i gitero cyagabwe neza mu baturage baturiye umuhana wa Nyagishasha, ubarizwa muri Grupema ya Bashimunyaka ya 2, muri Secteur ya Lulenge, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Kiriya gitero kimaze kugabwa mu muhana utuwe n’abaturage ba Banyamulenge, Twirwaneho yaratabaye maze barasa Maï Maï n’imbonerakure z’u Burundi, ba Basha ndetse kubasubiza inyuma nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu baturage b’irwanaho.

Minembwe Capital News, yabwiwe ko muricyo gitero ko cyafatiwemo umurwanyi uvuga ururimi rw’i Kirundi, avuga ko ari Imbonerakure.

Ati: “Mu gitero cya gabwe mu muhana wa Nyagishasha, twafatiyemo umugabo uvuga ururimi rw’i Kirundi. Yatubwiye ko ari Imbonerakure ko kandi avuka i Bujumbura, ku murwa mukuru w’u bukungu w’igihugu cy’u Burundi.”

Uwafashwe ni umugabo uri mu kigero cy’imyaka 40 irenga nk’uko byavuzwe na Fidel Sinayigaye.

Si ubwa mbere imbonera kure zifatirwa mu bitero bigabwe na Maï Maï mu mihana y’abaturage ba Banyamulenge, mu nkengero za Komine ya Minembwe, k’uko mu mpera z’u mwaka ushize hafashwe abarundi barenga ba biri.

Hari umurwanyi w’u murundi wafashwe ahagana mu kwezi kwa Cumi, afatirwa ku Kijombo, mu bitero bya Maï Maï byari bigize igihe byibasira abaturage baturiye mu Rutigita, mu m’Ajyepfo ashira uburengerazuba bwa Komine Minembwe.

Ni mugihe kandi mu kwezi kwa Cumi numwe n’u kwa Cumi nabiri, hafashwe abandi barwanyi bavuga ururimi rw’i Kirundi, mu bitero byikurikiranije iminsi itatu mu Cyumweru kimwe.

Ubushize Twirwaneho yashize itangazo hanze ishinja leta y’u Burundi gucura umugambi wo kurimbura Abanyekongo ba Banyamulenge. Ni itangazo rya vuga ko Twirwaneho ifite amakuru ahagije kuri ayo makuru ko ndetse bayahawe n’abasirikare b’u Burundi.

Itangazo rikomeza kuvuga ko uwo mugambi wo kuri mbura Abanyamulenge leta y’u Burundi iwufatikanije na leta ya Kinshasa.

Tu bibutseko ko n’Interahamwe ziheruka kuva mu Lulenge na Kilembwe, zigana mu misozi miremire ya Uvira, uduce tugenzurwa n’ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC.

Bruce Bahanda.

Tags: ImbonerakureYafatiwe mu gitero Maï Maï yagabye mu nkengero za Komine Minembwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Gen Kainarugaba Muhoozi, wo mu gihugu cya Uganda, yahishuye ko hari igihe we, n’umuryango we, bigeze kw’itwa ab’Abanyarwanda.

Gen Kainarugaba Muhoozi, wo mu gihugu cya Uganda, yahishuye ko hari igihe we, n'umuryango we, bigeze kw'itwa ab'Abanyarwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?