• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ingabo za FARDC n’abambari bazo, zagabye igitero ahatuwe n’abaturage benshi maze M23 iza kuzibabaza iri ku rwanirira abaturage.

minebwenews by minebwenews
June 13, 2024
in World News
0
Ingabo za FARDC n’abambari bazo, zagabye igitero ahatuwe n’abaturage benshi maze M23 iza kuzibabaza iri ku rwanirira abaturage.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za FARDC n’abambari bazo, zagabye igitero ahatuwe n’abaturage benshi maze M23 iza kuzibabaza iri ku rwanirira abaturage.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Ni igitero Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa zagabye zikoresheje imbaraga z’u murengera birangira abarwanyi ba M23 bagisubije inyuma, nk’uko n’ubundi bahora ba bigenza mu ntambara zigize igihe zihanganishije impande zombi mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokoarasi ya Congo.

Amasoko yacu dukesha iy’inkuru avuga ko iki gitero ihuriro ry’Ingabo za leta ya Kinshasa zagabye mu gitondo cy’uyumunis ko byari mu gihe c’isaha z’urukerera rwo kuri uyu wa Kane, ko kandi rya kigabye mu gace ka Butalongola, ha herereye mu birometre nka 9 uvuye muri centre ya Kanyaboyonga.

Byanavuzwe ko muri iki gitero ko cyumvikanyemo urusaku rw’imbunda ziremereye hamwe n’into.

Nyuma y’uko iri huriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ziteye ibisasu biremereye muri aka gace ka Butalongola gasanzwe kari gatuwe cyane n’abaturage, ingabo zo mu mutwe wa M23 zari zisanzwe mu nkengero zako, zirwanyeho, kandi zirwanirira n’abaturage maze zibabaza iri huriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokoarasi ya Congo, ni mu gihe zarasaga umwanzi wazo zitabebera.

Amakuru yacu avuga ko M23 yabashye gusubiza inyuma iki gitero kandi abenshi mu ngabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa bahasiga ubuzima. Kimweho nta mubare urabashya ku menyekana wabaguye muri iki gitero, gusa umwe mu barwanyi ba M23 yabwiye MCN ko u ruhande rwa leta rwaguyemo abasirikare batari munsi ya 43.

Ibi bibaye mu gihe kuri uyu wa Kabiri, minisitiri w’intebe wa Congo, Judith Suminwa yari yatangaje ko leta ye igiye gukora ibishoboka byose ikarangiza umutwe wa M23. Gusa yirinze kuvuga ko mu kurangiza uyu mutwe hazaba gukoreshwa imbaraga za gisirikare.

                MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za RDCKanyaboyongaM23Yababaje
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi yagize ibyategeka nyuma y’uko habaye impanuka y’ubwato yahitanye abantu benshi muri RDC.

Perezida Félix Tshisekedi yagize ibyategeka nyuma y'uko habaye impanuka y'ubwato yahitanye abantu benshi muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?