• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ingabo za Israel zagabye ibitero bidasanzwe mu kindi gihugu.

minebwenews by minebwenews
August 22, 2024
in World News
0
Ingabo za Israel zagabye ibitero bidasanzwe mu kindi gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Israel zagabye ibitero bidasanzwe mu kindi gihugu.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Ni gihugu cya Liban nicyo cyagabweho ibitero n’igisirikare cya Israel, aho cyabigabye gikoresheje indege z’intambara kandi zibigaba mu duce duherereyemo ibikorwa by’umutwe wa Hezbollah.

Amakuru avuga ko ibyo bitero ko byagabwe mu turere icumi duherereye mu majyepfo y’iki gihugu cya Liban.

Muri ibyo bitero hari byagabwe mu bubiko bw’intwaro, ibisasu bya rocket n’ibindi bikorwa remezo.

Ubuvugizi bw’igisirikare cya Israel ntibwigeze busobanuro byinshi kuri ibi bitero, kimweho ngo hari abarwanyi batakarije ubuzima muri iki gitero ku ruhande rwa Liban.

Mu nyandiko zagiye hanze zivuga ko ingabo za Israel zateye ahitwa Chihini, Kfar Kila, Aita al-shaab na Alma ash-Shaab.

TV ya Al Mayadeen yo muri Liban, yatangaje ko ibi bitero by’agisirikare cya Israel byabereye mu mujyi wa Khiam, Kfar Shouba, Mahbib, Aita Al-shaab, Zebqin, Raymah, Kaouthariyet El Saiyad na NNA byatangaje ko byibasiye ibitaro bya Hezbollah.

Ibi bitero ingabo za Israel zakoze bisa naho cyarimo cyihorera nyuma y’uko ku cyumweru umwana w’imyaka 16 n’undi w’imyaka 20, bafite Ubwenegihugu bubiri bw’u Bwongereza na Israel barishwe ndetse na nyina arakomereka bikabije mu gitero cy’masasu cyabereye ku nkombe y’uburengerazuba.

Nyuma yaho ni mu goroba, itsinda rya ba mukerarugendo bagabwe igitero ubwo bari bageze i Tel Viv, abayobozi ba Israel bakavuga ko ari igitero cy’iterabwoba.

Umugabo w’umutaliyani yarapfuye abandi barindwi barakomereka, barimo ba mukerarugendo batatu b’u Bwongereza n’umuturage w’umutaliyani,nk’uko ikigo nderabuzima cya Ichilov cyabitangaje ngo muri barindwi bakomeretse, batatu bari bakiri mu bitaro guhera ku wa Gatandatu mu gitondo ku isaha yaho abandi bane bari batashye.

            MCN.
Tags: IsraelMuri LibanUturere icumi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
Kera kabaye, hasohotse ibishinja umukuru w’igihugu cy’u Burundi, kuburyo bigiye ku musuzuguza mu Isi.

Kera kabaye, hasohotse ibishinja umukuru w'igihugu cy'u Burundi, kuburyo bigiye ku musuzuguza mu Isi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?