• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 18, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ingabo za Israel zagabye ibitero bidasanzwe mu kindi gihugu.

minebwenews by minebwenews
August 22, 2024
in World News
0
Ingabo za Israel zagabye ibitero bidasanzwe mu kindi gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Israel zagabye ibitero bidasanzwe mu kindi gihugu.

You might also like

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

U Bwongereza n’u Bufaransa mu Nama Mpuzamahanga Ikomeye ku Mutekano wa Hormuz

Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

Ni gihugu cya Liban nicyo cyagabweho ibitero n’igisirikare cya Israel, aho cyabigabye gikoresheje indege z’intambara kandi zibigaba mu duce duherereyemo ibikorwa by’umutwe wa Hezbollah.

Amakuru avuga ko ibyo bitero ko byagabwe mu turere icumi duherereye mu majyepfo y’iki gihugu cya Liban.

Muri ibyo bitero hari byagabwe mu bubiko bw’intwaro, ibisasu bya rocket n’ibindi bikorwa remezo.

Ubuvugizi bw’igisirikare cya Israel ntibwigeze busobanuro byinshi kuri ibi bitero, kimweho ngo hari abarwanyi batakarije ubuzima muri iki gitero ku ruhande rwa Liban.

Mu nyandiko zagiye hanze zivuga ko ingabo za Israel zateye ahitwa Chihini, Kfar Kila, Aita al-shaab na Alma ash-Shaab.

TV ya Al Mayadeen yo muri Liban, yatangaje ko ibi bitero by’agisirikare cya Israel byabereye mu mujyi wa Khiam, Kfar Shouba, Mahbib, Aita Al-shaab, Zebqin, Raymah, Kaouthariyet El Saiyad na NNA byatangaje ko byibasiye ibitaro bya Hezbollah.

Ibi bitero ingabo za Israel zakoze bisa naho cyarimo cyihorera nyuma y’uko ku cyumweru umwana w’imyaka 16 n’undi w’imyaka 20, bafite Ubwenegihugu bubiri bw’u Bwongereza na Israel barishwe ndetse na nyina arakomereka bikabije mu gitero cy’masasu cyabereye ku nkombe y’uburengerazuba.

Nyuma yaho ni mu goroba, itsinda rya ba mukerarugendo bagabwe igitero ubwo bari bageze i Tel Viv, abayobozi ba Israel bakavuga ko ari igitero cy’iterabwoba.

Umugabo w’umutaliyani yarapfuye abandi barindwi barakomereka, barimo ba mukerarugendo batatu b’u Bwongereza n’umuturage w’umutaliyani,nk’uko ikigo nderabuzima cya Ichilov cyabitangaje ngo muri barindwi bakomeretse, batatu bari bakiri mu bitaro guhera ku wa Gatandatu mu gitondo ku isaha yaho abandi bane bari batashye.

            MCN.
Tags: IsraelMuri LibanUturere icumi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran Umuhora wa Hormuz ni wo mutima w’ubucuruzi bwa peteroli ku isi, kuko unyuzwamo hafi 20% kugeza kuri 30%...

Read moreDetails

U Bwongereza n’u Bufaransa mu Nama Mpuzamahanga Ikomeye ku Mutekano wa Hormuz

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
U Bwongereza n’u Bufaransa mu Nama Mpuzamahanga Ikomeye ku Mutekano wa Hormuz

U Bwongereza n’u Bufaransa mu Nama Mpuzamahanga Ikomeye ku Mutekano wa Hormuz U Bwongereza n’u Bufaransa nibyo biyoboye inama mpuzamahanga ikomeye iri kubera uyu munsi, ihuje ibihugu n’abafatanyabikorwa...

Read moreDetails

Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran Mu gihe umwuka wa dipolomasi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ukomeje kuba mubi kandi urimo urujijo, abayobozi bakuru...

Read moreDetails

Ibiganiro Biracyarimo Urujijo n’Impaka ku Ngingo z’Ingenzi Hagati ya Iran na Amerika

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Amerika na Iran mu Biganiro Bikomeye i Islamabad

Ibiganiro Biracyarimo Urujijo n’Impaka ku Ngingo z’Ingenzi Hagati ya Iran na Amerika Umwuka wa dipolomasi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ukomeje gufata indi ntera,...

Read moreDetails

Israel na Lebanon mu nzira y’amahoro

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Israel na Lebanon mu nzira y’amahoro

Israel na Lebanon mu nzira y’amahoro Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko igihugu cye kiri mu cyerekezo cyiza cyo kugera ku masezerano y’amahoro ashobora kuba ay’amateka...

Read moreDetails
Next Post
Kera kabaye, hasohotse ibishinja umukuru w’igihugu cy’u Burundi, kuburyo bigiye ku musuzuguza mu Isi.

Kera kabaye, hasohotse ibishinja umukuru w'igihugu cy'u Burundi, kuburyo bigiye ku musuzuguza mu Isi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?