• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo za M23 ngo zikomeje kwitwara neza k’urugamba bahanganyemo n’ihuriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ifasha leta ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
October 21, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’umutwe wa ARC/M23, bwatangaje ko bukomeje guhagarara neza mu mirwano bongeye kugabwaho n’ingabo z’irwanirira Guverinoma ya Kinshasa. N’imubitero ziriya Nyeshamba zirimo, FDLR, Wazalendo na Nyatura bagabye ahari abaturage benshi baheruka ga guhungira munkengero za Bwiza homuri Groupement ya Tongo, muri teritwari ya Rutsuru.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

M23 ikaba yatangaje ko yakoze ibishoboka byose maze irwanirira aba baturage, nkuko ay’amakuru tuyakesha Umuvugizi wa M23 bwana Lawrence Kanyuka, aho yakoresheje urubuga rwahoze rwitwa Twitter.

Kanyuka, yagize ati: “Ingabo z’iharanira impindura matwara ya Congo, ARC/M23 zirmo kwitwara neza k’urugamba. Bakomeje kurinda ubusugire bw’ubutaka barimo nokurinda abaturage bimuwe n’intambara.”

Ibi kandi byashimangiwe na bwana Bertrand Bisimwa, umukuru w’uyu mutwe wa M23, aho yagize ati: “Kuva saa 1:12 Am, kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 21/10/2023, ingabo za Kinshasa FDLR / FARDC / Abacanshuro / Wazalendo, bagabye igitero, bakoresheje n’imbunda nini bakigaba mu Nkambi ya Bwiza irimo abimuwe. Intego yabo ni ugutsemba abarokotse Masisi.”

Y’unzemo kandi ati: “Dukomeje guhagarara neza ngo turwanirire abaturage.”

Bivugwa ko hari n’abana baba bimuwe n’intambara z’urudaca, bakomerekeye mugitero bagabweho na Wazalendo, FARDC, FDLR na Wagner.

Mu makuru Minembwe Capital News, ifite yizewe n’uko Ingabo zirwana k’uruhande rwa Kinshasa, bakomeje guhunga bagana mubice bya Kitchanga, aho byemezwa ko iyi mirwano ko yamaze kugera mugace ka Kavenu gaherereye muri Kitchanga. Utundi duce turimo imirwano ni Rushavuti, Shonyi na Kipfulo, muri Groupement ya Bukombo homuri teritwari ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ibi bitero abasirikare ba leta ya Kinshasa, babikoze mugihe harihamaze igihe hacicibikana amakuru avuga ko FARDC yamaze kwitegura intambara bundi bushya ngo irwanye M23.

By Bruce Bahanda.

Tags: BwizaFardcFDLRIkomeje kwitwara neza k'urugamba bahanganyemo n'ihuriro ry'imitwe y'itwaje imbunda ishigikiwe na Leta ya KinshasaM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Bidasubirwaho M23 yamaze kwambura ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC, FDLR na Wazalendo) u Mujyi wa Kitchanga no mu nkengero zayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?