Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za M23 n’ubuyobozi bwayo, bifatanije hamwe n’isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 8, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za M23 n’ubuyobozi bwayo, bifatanije hamwe n’isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo zo mu mutwe wa M23 , zifatanije n’isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore ku nsanganyamatsiko ya M23 igira iti: “Kubahiriza agaciro ku mugore.”

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Mu butumwa bwa shizwe hanze n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yavuze ko mu bice M23 imaze kubohoza, ko bifatanije hamwe n’abagore kwizihiza uyumunsi wa tariki ya 08/03/2024, no kurebera hamwe kubimaze kugerwaho harimo n’ukuboko kw’a bagaore. kandi ko bagerageza kugarura amahoro n’u mutekano muri ibyo bice.”

Yagize ati: “Turaharanira ko haba kudahonyanga uburenganzira bw’Abagore, bitandukanye n’ibikorwa na leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Mu bice bigenzurwa n’ingabo za M23 hakorwa ibishoboka byose, kugira ngo buriwese abone umutekano umeze neza.”

“Kuri ubu, turubahiriza uburenganzira bw’ikiremwa muntu kuri buri wese no guharanira iterambere rya bose harimo n’irya bagore, ndetse duharanira ko n’abadamu bari mu makambi ko babona uburenganzira bwabo, harimo kandi n’abari mu bitaro n’ahandi.”

Ibi babikoze mu gihe hari ubushamirane hagati y’u mutwe wa M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Gusa muri iki Gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 08/03/2024, ntahantu haravugwa imirwano, usibye ko k’u munsi w’ejo hashize, habaye imirwano ikomeye. Ni mirwano yabereye mu ma axes menshi nk’i yabereye ahitwa Ndumba, muri Grupema ya Mupfunyi, muri teritware ya Masisi, ahitwa Kituva, Mweso, Muhongozi.

Mu gihe muri teritware ya Rutsuru ho yabereye muri Localité ya Kikuku, Malyanga,Kibirizi, Somikivu na Bwalanda.

Ibi bice byose by’igaruriwe n’Ingabo za General Sultan Makenga. Kuri ubu M23 ikaba imaze kugira ubutaka bunini igenzura.

                MCN.
Tags: M23Yizihije umunsi mpuzamahanga w'umugore
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Mu masaha ya nyuma ya saa sita, ibiturika byo ngeye kumvikana mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Mu masaha ya nyuma ya saa sita, ibiturika byo ngeye kumvikana mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?