• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za SADC zagize icyo zivuga kubyo AFC/M23 izishinje byo kugaba ibitero i Goma.

minebwenews by minebwenews
April 15, 2025
in Regional Politics
0
Ingabo za SADC zagize icyo zivuga kubyo AFC/M23 izishinje byo kugaba ibitero i Goma.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za SADC zagize icyo zivuga kubyo AFC/M23 izishinje byo kugaba ibitero i Goma.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Ingabo z’umuryango wa SADC ziri mu butumwa buzwi nka SAMIDRC mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, zamaganye ibyo AFC/M23 yazishinje byo kubagabaho ibitero.

Bikubiye mu itangazo SADC yaraye ishyize hanze, aho yamaganye yivuye inyuma ibyo ishinjwa, ivuga ko igikomeje gahunda yayo yokuva ingabo zayo mu mujyi wa Goma.

Mu itangazo ryayo yagize iti: “SADC ibabajwe n’ibyatangajwe na AFC/M23 ku wa 12/04/2025 ko ingabo ziri mu butumwa bwa SAMIDRC zakoranye n’ingabo za Leta, inyashyamba za FDLR, na Wazalendo mu kurwana na M23 i Goma.”

Yakomeje igira iti: “SADC ihakanye ibi birego. SAMIDRC ntiyigeze igira uruhare mu bikorwa ibyo ari byo byose. Ibi ntashingiro bifite kandi bigamije kuyobya.”

Uyu muryango uvuga ko hakiri gahunda yo gukura ingabo zayo mu Burasizuba bwa Congo nk’uko byemejwe n’inama y’abakuru b’ibihugu.

Izi ngabo kandi zivuga ko mu masezerano zagiranye na M23 mu mpera z’ukwezi kwa gatatu, humvikanywe umugambi w’amahoro na dipolomasi kugira ngo umutekano muke mu Burasizuba bw’iki gihugu urangire.

Itangazo M23 yashyize hanze tariki ya 12/04/2025, ryamaganaga ibitero byari byagabwe i Goma, yagaragaje ko byari binyuranyije n’amategeko ivuga ko byagabwe n’ingabo zo mu butumwa bw’umuryango wa SADC, ku bufatanye n’ingabo za Leta ya Congo, umutwe w’inyeshyamba wa FDLR na Wazalendo.

M23 ivuga ko ibitero biheruka byagabwe tariki ya 11/04/2025, kandi ko biteje imutekano muke mu basivili, ndetse ko habaye n’amagerageza menshi ariko agasubizwa inyuma n’uyu mutwe wa M23.

Uyu mutwe wa M23 muri iryo tangazo, uvuga ko kubera ibyo usabye ko ingabo za SAMIDRC zahita zigenda vuba byihuse, ndetse ko n’ingabo za Leta ya Congo ziri mu bigo bya Monusco i Goma, zihita zishyikiriza M23.

Umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, nawe yahise atangaza ko ibyavuzwe na AFC/M23 ataribyo, hubwo ko ari ibihimbano.

Agaragaza kandi ko ibyo uyu mutwe uri gukora ugamije kuburizamo gahunda z’amahoro zose zirimo gutegurwa n’iziri kuba.

Ibyo bibaye mu gihe hari andi makuru avuga ko mu cyumweru gishize habaye ibiganiro byo mu ibanga rikomeye bibera i Doha muri Qatar, hagati y’intumwa za Congo n’iza M23.

Ariko kugeza ubu buri ruhande ntacyo rurabivugaho.

Tags: GomaM23SADC
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
FARDC, FDLR na Wazalendo bagabye ibitero bikomeye ku Banyamulenge.

Byakaze, i Fizi Abapfulero n'Ababembe basubiranyemo baramarana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?