Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za SADC zakijijwe n’amaguru nyuma yuko habaye ubushamirane hagati y’abo, n’igisirikare cya RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 8, 2024
in Regional Politics
1
Ingabo za SADC zakijijwe n’amaguru nyuma yuko habaye ubushamirane hagati y’abo, n’igisirikare cya RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gufatwa kwa centre ya Nyanzale, byaviriyemo guhunga kw’ingabo za SADC zari Goma k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byamaze ku menyekana ko ingabo za SADC, zari Goma ko zahunze zerekeza i Bukavu ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nk’uko iy’inkuru ivugwa n’abamwe mu basirikare ba FARDC baherereye muri ibyo bice byo mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Amakuru avuga ko nyuma y’uko centre ya Nyanzale yo muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ifashwe na M23, ku wa Kabiri, w’iki Cyumweru turimo, habaye ukutavuga rumwe hagati y’i ngabo za Sadc n’igisirikare cya leta ya Kinshasa.

Aho ay’amakuru avuga ko ubuyobozi bwa FARDC bushinja SADC kuba ari ntacyo bakora mu kugira barwanye M23 idakomeza kwigarurira ibindi bice .

Ibi byaviriyemo ko ingabo za SADC zari Goma, mu rwego rwo kurinda uy’u Mujyi udafatwa na M23, zikizwa n’amaguru zerekeza iya Bukavu, amakuru twahawe avuga ko izi ngabo ko zakoresheje inzira y’amazi, binjira mu mato k’umunsi w’ejo hashize bagana i Bukavu.

Ingabo za SADC zigizwe n’iza Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania. Izi ngabo zageze mu Burasirazuba bwa RDC mu mpera z’u mwaka ushize, ku masezerano yo kuza gufasha igisirikare cya leta ya Kinshasa kurwanya umutwe wa M23.

Ibyo bibaye mu gihe M23 ikomeje kwigarurira ibice byinshi byo muri teritware ya Masisi, Rutsuru ndetse na Nyiragongo.

Si ngabo za SADC bivugwa ko zahunze zonyine, hubwo haravugwa ko n’abacanshuro ko bakomeje guhunga, bikavugwa ko boba baragabanirijwe umushahara, aho leta ya Kinshasa ibashinja gutererana ku rugamba Wazalendo na FARDC mu ntambara barimo na M23.

     MCN.
Tags: BukavuFardcGomaSADCUbushamirane HagatiYakijijwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za M23 n’ubuyobozi bwayo, bifatanije hamwe n’isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore.

Ingabo za M23 n'ubuyobozi bwayo, bifatanije hamwe n'isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga w'umugore.

Comments 1

  1. Mbarusha james says:
    1 year ago

    Izuba ligayimanga hahahahaha ko bahungiye hafi. Nibaze muminembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?