• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za SADC zakijijwe n’amaguru nyuma yuko habaye ubushamirane hagati y’abo, n’igisirikare cya RDC.

minebwenews by minebwenews
March 8, 2024
in Regional Politics
1
Ingabo za SADC zakijijwe n’amaguru nyuma yuko habaye ubushamirane hagati y’abo, n’igisirikare cya RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gufatwa kwa centre ya Nyanzale, byaviriyemo guhunga kw’ingabo za SADC zari Goma k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Ni byamaze ku menyekana ko ingabo za SADC, zari Goma ko zahunze zerekeza i Bukavu ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nk’uko iy’inkuru ivugwa n’abamwe mu basirikare ba FARDC baherereye muri ibyo bice byo mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Amakuru avuga ko nyuma y’uko centre ya Nyanzale yo muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ifashwe na M23, ku wa Kabiri, w’iki Cyumweru turimo, habaye ukutavuga rumwe hagati y’i ngabo za Sadc n’igisirikare cya leta ya Kinshasa.

Aho ay’amakuru avuga ko ubuyobozi bwa FARDC bushinja SADC kuba ari ntacyo bakora mu kugira barwanye M23 idakomeza kwigarurira ibindi bice .

Ibi byaviriyemo ko ingabo za SADC zari Goma, mu rwego rwo kurinda uy’u Mujyi udafatwa na M23, zikizwa n’amaguru zerekeza iya Bukavu, amakuru twahawe avuga ko izi ngabo ko zakoresheje inzira y’amazi, binjira mu mato k’umunsi w’ejo hashize bagana i Bukavu.

Ingabo za SADC zigizwe n’iza Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania. Izi ngabo zageze mu Burasirazuba bwa RDC mu mpera z’u mwaka ushize, ku masezerano yo kuza gufasha igisirikare cya leta ya Kinshasa kurwanya umutwe wa M23.

Ibyo bibaye mu gihe M23 ikomeje kwigarurira ibice byinshi byo muri teritware ya Masisi, Rutsuru ndetse na Nyiragongo.

Si ngabo za SADC bivugwa ko zahunze zonyine, hubwo haravugwa ko n’abacanshuro ko bakomeje guhunga, bikavugwa ko boba baragabanirijwe umushahara, aho leta ya Kinshasa ibashinja gutererana ku rugamba Wazalendo na FARDC mu ntambara barimo na M23.

     MCN.
Tags: BukavuFardcGomaSADCUbushamirane HagatiYakijijwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za M23 n’ubuyobozi bwayo, bifatanije hamwe n’isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore.

Ingabo za M23 n'ubuyobozi bwayo, bifatanije hamwe n'isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga w'umugore.

Comments 1

  1. Mbarusha james says:
    2 years ago

    Izuba ligayimanga hahahahaha ko bahungiye hafi. Nibaze muminembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?