• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za SADC ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, gufasha igisirikare cy’iki gihugu ku rwanya M23, zataweho amagawa.

minebwenews by minebwenews
May 14, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za SADC ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, gufasha igisirikare cy’iki gihugu ku rwanya M23, zataweho amagawa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za SADC ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo gufasha igisirikare cy’iki gihugu ku rwanya M23, zataweho amagawa.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Ni bikubiye mu butumwa buri gutangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye aho bivuga ko ingabo zo mu muryango wa SADC ntaruhare narumwe zigaragaza kugira ngo amahoro n’umutekano bigaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Igitangaza makuru cya DW Swahili, mu butumwa bwanditse cya shize hanze kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 14/05/2024, bugaragaramo ko ingabo z’u muryango w’iterambere w’Afrika y’Amajy’epfo ( SADC) ntacyo zicya kandi ntanicyo zikiza ku gira ngo umutekano ubashe ku garuka muri iki gihugu, icyo zatumwe mo kuki garuramo umutekano no kurwanya M23.

Ubwo butumwa bugira buti: “Iki bazo cy’u mutekano muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, gikomeje kuzamba. Rero haribazwa ubushobozi bw’Ingabo z’iterambere ry’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo, SADC, aho ziri mu butumwa bugamije kugarura amahoro muri iki gihugu.”

Ubutumwa bukomeza bugira buti: “RDC yifashishije izi ngabo za Sadc kugira ngo ziyifashe gusenya M23 ariko kugeza ubu nta rugamba SADC yari yashora kuri M23 ngwirutsinde, hubwo birangira abarwanyi buyu mutwe wa M23 bakojeje isoni ziriya ngabo.”

Mu myaka irenga ibiri M23 imaze irwana n’igisirikare cya leta ya Kinshasa, imaze gufata igice kinini cy’u butaka bwo muri Kivu y’Amajyaruguru.

Ni mu gihe ifite hafi ubutaka bwose bwo muri teritware ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo.

Ingabo za SADC zageze ku butaka bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu kwezi kwa Cumi nabiri, ku itariki yako ya cumi na zitanu, mu 2023. Nyuma y’uko izi ngabo zikandagiye kuri ubu butaka bw’iki gihugu ntakindi ziravugwaho usibye kugaba ibitero kuri M23, nyuma zikaza kuyabangira ingata, ni mu gihe M23 iba itangiye kuzisubiza.

Mu Cyumweru gishize, izi ngabo za Sadc zashize itangazo hanze rimenyesha ko zigiye gutangira ibitero bikaze kuri M23, nyuma yaho gato zahise zigaba ibitero mu birindiro bya M23 biherereye mu nkengero za Sake, ariko ibyo bitero byaje kuba nko guhamagarira M23 kwirukana ku mutuno ziriya ngabo za Sadc kuko zahunze urwo rugamba amasigamana.

Kugeza ubu M23 iracyakomeje kungenzura ibice SADC yayisanzemo ndetse ikaba igikomeje gufata n’ibindi bice harimo ko yafashe nibyo ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC bari bahaye SADC ku bigenzura, biherereye muri teritware ya Masisi na Nyiragongo.

    MCN.
Tags: RdcSADCUburasirazubaUmutekanoYataweho amagawa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
Ingaruka z’u bukene buri mu Burundi ahanini bwo gukena lisansi ziri kugira ingaruka ku Banya-uvira, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Ingaruka z'u bukene buri mu Burundi ahanini bwo gukena lisansi ziri kugira ingaruka ku Banya-uvira, mu Ntara ya Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?