• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za SADC ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, gufasha igisirikare cy’iki gihugu ku rwanya M23, zataweho amagawa.

minebwenews by minebwenews
May 14, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za SADC ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, gufasha igisirikare cy’iki gihugu ku rwanya M23, zataweho amagawa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za SADC ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo gufasha igisirikare cy’iki gihugu ku rwanya M23, zataweho amagawa.

You might also like

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ni bikubiye mu butumwa buri gutangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye aho bivuga ko ingabo zo mu muryango wa SADC ntaruhare narumwe zigaragaza kugira ngo amahoro n’umutekano bigaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Igitangaza makuru cya DW Swahili, mu butumwa bwanditse cya shize hanze kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 14/05/2024, bugaragaramo ko ingabo z’u muryango w’iterambere w’Afrika y’Amajy’epfo ( SADC) ntacyo zicya kandi ntanicyo zikiza ku gira ngo umutekano ubashe ku garuka muri iki gihugu, icyo zatumwe mo kuki garuramo umutekano no kurwanya M23.

Ubwo butumwa bugira buti: “Iki bazo cy’u mutekano muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, gikomeje kuzamba. Rero haribazwa ubushobozi bw’Ingabo z’iterambere ry’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo, SADC, aho ziri mu butumwa bugamije kugarura amahoro muri iki gihugu.”

Ubutumwa bukomeza bugira buti: “RDC yifashishije izi ngabo za Sadc kugira ngo ziyifashe gusenya M23 ariko kugeza ubu nta rugamba SADC yari yashora kuri M23 ngwirutsinde, hubwo birangira abarwanyi buyu mutwe wa M23 bakojeje isoni ziriya ngabo.”

Mu myaka irenga ibiri M23 imaze irwana n’igisirikare cya leta ya Kinshasa, imaze gufata igice kinini cy’u butaka bwo muri Kivu y’Amajyaruguru.

Ni mu gihe ifite hafi ubutaka bwose bwo muri teritware ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo.

Ingabo za SADC zageze ku butaka bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu kwezi kwa Cumi nabiri, ku itariki yako ya cumi na zitanu, mu 2023. Nyuma y’uko izi ngabo zikandagiye kuri ubu butaka bw’iki gihugu ntakindi ziravugwaho usibye kugaba ibitero kuri M23, nyuma zikaza kuyabangira ingata, ni mu gihe M23 iba itangiye kuzisubiza.

Mu Cyumweru gishize, izi ngabo za Sadc zashize itangazo hanze rimenyesha ko zigiye gutangira ibitero bikaze kuri M23, nyuma yaho gato zahise zigaba ibitero mu birindiro bya M23 biherereye mu nkengero za Sake, ariko ibyo bitero byaje kuba nko guhamagarira M23 kwirukana ku mutuno ziriya ngabo za Sadc kuko zahunze urwo rugamba amasigamana.

Kugeza ubu M23 iracyakomeje kungenzura ibice SADC yayisanzemo ndetse ikaba igikomeje gufata n’ibindi bice harimo ko yafashe nibyo ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC bari bahaye SADC ku bigenzura, biherereye muri teritware ya Masisi na Nyiragongo.

    MCN.
Tags: RdcSADCUburasirazubaUmutekanoYataweho amagawa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana Raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’umuryango Norwegian People’s Aid (NPA) igaragaza ishusho iteje impungenge ku ngaruka ndende z’igeragezwa ry’intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Ingaruka z’u bukene buri mu Burundi ahanini bwo gukena lisansi ziri kugira ingaruka ku Banya-uvira, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Ingaruka z'u bukene buri mu Burundi ahanini bwo gukena lisansi ziri kugira ingaruka ku Banya-uvira, mu Ntara ya Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?