Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi zikaba kaba 200, zari zihanganye na M23, i Mushaki, zigeze ku k’ibuga c’indege cya Goma, barigusaba gutahukanwa iwabo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 8, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare basaga magana abiri(200), b’u Burundi, baraye ku k’ibuga c’indege ca Goma, ku murwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyarugu, aho basaba ko botahukanwa iwabo mu Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ibi bibaye nyuma y’imirwano yabaye ku wa Kane, tariki ya 07/12/2023, mu bice bya Mushaki, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Nk’uko byagiye bigaragara kumbuga nkoranya mbaga (social media), bakomeje guhererekanya audio za basirikare b’u Burundi aho barimo bumvikana bavuga ko bakubiswe cyane n’inyeshamba zo mu mutwe wa M23 ahanini muriy’i ntambara yamaze iminsi itatu ibera mu nkengero za Mushaki.

Munyandiko zashizwe hanze na Pacifique Nininahazwe, u mwanditsi w’u murundi ukora mu miryango itabara ikiremwa muntu, yagaragaje ko Urugamba rwabaye ejo kuya 07/12/2023, rw’ishe abasirikare b’u Burundi benshi aho yagaragaje ko abasirikare benshi b’u Burundi ba buriwe irengero abandi barakomereka benshi.

Yanavuze ko bamwe ba mu menyesha ko agomba kubatabariza leta y’u Burundi ko igomba kubavana mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ngo kuko bitabaye ibyo bazashirira Congo.

Uriya mwanditsi yanahamije ko Ingabo z’u Burundi zarwanye Urugamba rwejo ko arabo muri Batayo ya 7 na 8 bo mu mutwe wa TAFOC.

Umubare wa basirikare bamaze gupfira mu mirwano bahanganyemo n’ingabo zo mu mutwe wa M23, Isoko yacu dukesha iy’inkuru ihamya neza ko bakabakaba abasirikare magana umunani(800).

Bruce Bahanda.

Tags: Abasirikare b'u Burundi barasaba gutahukanwa iwabo i BujumburaBahunze intambara bari bahanganyemo na M23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Urusaku rw'Imbunda ziremereye n'izito, ru komeje ku mvikana mu nkengero za Komine Minembwe, FARDC ntacyo irabivugaho..

Comments 1

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Bazize ubusa ni barase aba Gisekedi niwe wazanye intambara

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?