Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi nyinshi zakiriwe mu Bibogobogo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 17, 2025
in Regional Politics
0
Ingabo z’u Burundi nyinshi zakiriwe mu Bibogobogo.
158
SHARES
3.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi nyinshi zakiriwe mu Bibogobogo.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Abasirikare b’u Burundi babarirwa mu magana bahurutse mu gace ka Bibogobogo muri teritware ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Bakaba bari baturutse mu nche z’umushyasha wa Uvira, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ahagana mu ijoro ryo ku wa gatatu rishyira ku wa kane tariki ya 16/01/2025 ni bwo abasirikare benshi b’u Burundi bahurutse mu Bibogobogo.

Minembwe.com amakuru yizewe imaze kwakira avuga ko bariya basirikare bahitiye mu ikambi y’abasirikare ba FARDC iherereye muri aka gace, kandi bakirwa na Col. Alexis Ntagawa ukuriye iyo kambi.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko kuza kw’izo ngabo byateye abaturage ubwoba, ariko ko kugeza ubu bataramenya ikibagenza.

Ubwo aba basirikare b’u Burundi bageraga muri aka gace kandi, ariko bongera gusubirayo basize babwiye abaturage ko bari baje gushaka uwo bise umwanzi wabo, bavuga ko ari “Twirwaneho, M23 na Red-Tabara.”

Gusa nubwo mu mvugo y’aba basikare bahuje umutwe wa M23 na Red-Tabara, ariko isanzwe ari imitwe ibiri idahuye, kuko M23 igizwe n’Abanyekongo barwanira uburenganzira bwo kubaho kwabo muri RDC, naho Red-Tabara ni umutwe witwaje imbunda ugizwe n’Abarundi barwanya ubutegetsi bwa CNDD-FDD. Mu gihe Twirwaneho yo ari abaturage ba Banyamulenge birwanaho mu gihe bagabwaho ibitero bya Maï-Maï ku bufasha bw’ingabo za FARDC, nk’uko abagize ayo matsinda bagenda babisobanura.

Aba basirika b’u Burundi bageze muri aka gace mu gihe byari bigize iminsi bivugwa ko u Burundi bukomeje kohereza muri RDC abasirikare babwo, aho bamwe boherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru ku rwanya M23 abandi muri Kivu y’Amajy’epfo guhiga umutwe wa Red-Tabara urwanya leta y’iki gihugu cy’u Burundi.

Tags: abasirikareBibogobogoBurundi
Share63Tweet40Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Havutse umwuka mubi hagati ya Leta ya Kinshasa n’umuryango wa Lumumba.

Havutse umwuka mubi hagati ya Leta ya Kinshasa n'umuryango wa Lumumba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?