• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 20, 2025
in Conflict & Security
0
Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke
128
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Nyuma y’aho Ingabo z’u Burundi zihaye umutwe wa MRDP-Twirwaneho ukorera muri Kivu y’Amajyepfo, amasaha 72 yokuba yamaze kuva mu gice cya Mikenke giherereye muri teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, wazisubije ko uziteguye, kandi ko udafite kuhava.

Aha’rejo ku cyumweru tariki ya 19/10/2025, ni bwo izi Ingabo z’u Burundi zifite ibirindiro mu Mikarati muri teritware ya Fizi, zatumye ku mutwe wa MRDP-Twirwaneho guhita uva muri Mikenke.

Ziyitegeka ko ziyihaye amasaha 72 yokuba yamaze kuyikuramo, bitaba ibyo zikayigabaho igitero simusiga.

Umwe wo muri uyu mutwe wa MRDP-Twirwaneho yabwiye Minembwe Capital News ko ziriya ngabo z’u Burundi zabahaye aya masaha, nyuma y’uko zimye inzira Abanyamulenge bavaga mu Minembwe na Mikenke berekeza ku isoko ya Mitamba, iyo baguriramo amasabune, umunyu, amavuta, isukari n’amazutu.

Avuga ko mu kuyibima zababwiye ko atari ngombwa kuyibaha; ndetse kandi ngo zinabahishyurira ko zishaka gushyinga ibirindiro muri Mikenke, mu rwego rwo kugira ngo zikoreshe ikibuga cy’indege kiyiherereyemo.

Uyu wavuganaga na Minembwe Capital News, yanemeje kandi ko hari indege z’igisirikare cy’u Burundi zishaka kwitura mu Cyohagati, bityo bakaba bifuza guhita babona kiriya kibuga cy’indege cya Mikenke, kugira ngo ari cyo zizituraho.

Yakomeje avuga ko bo bazisubije ko badafite kuhava, ati: “Twarababwiye ngo, bapime kurasa rimwe gusa, mu gice tugenzura (ama eneo yacu). Ubundi babone icyo imbwa yaboneye ku mugezi.”

Yongeye kandi ati: “Duhora turi maso, bazatubona igihe cyose bazazira.”

Ingabo z’u Burundi zivuze ibi mu gihe mu cyumweru gishize zavuzweho gukaza umurego mu kongera abasirikare mu birindiro byabo biherereye hafi n’igice cya Mikenke kigenzurwa n’umutwe wa MRDP-Twirwaneho; kuva mu mpera z’ukwezi kwa kabiri, nyuma y’imirwano yasize Twirwaneho icyirukanyemo ziriya ngabo z’u Burundi, iza FARDC n’imitwe yitwaje intwaro irimo uwa Wazalendo na FDLR.

Muri ibyo birindiro harimo ikiri ku Birarombili, mu ntera y’i birometero nk’umunani uvuye muri centre ya Mikenke.

Hari kandi ibiherereye mu Gipupu, Point-Zero, kuw’Igitaka, Nyamara, Gatenga /Ruheshi na Mikarati.

Aba basirikare babyoherezwamo bavanywe mu bice bitandukanye by’i Ndondo ya Bijombo, Bibogobogo, no mu bindi bice byo muri Kivu y’Amajyepfo.

Tags: Ingabo zu BurundiMikaratiMikenkeMRDP -Twirwaneho
Share51Tweet32Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?