• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, April 22, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 20, 2025
in World News
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

You might also like

Intwaro Ziremereye, Ihagarikwa ry’Ibiganiro n’Imyitwarire ya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika

Perezida Trump akomeje kongera igitutu, mu gihe Iran ihagaze ku cyemezo gikomeye

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y’aho gishinje umutwe wa Hamas kwica amasezerano y’agahenge.

Ni ibitero Israel yakoze mu gihe Amerika yari yatangaje ko ifite amakuru ko Hamas iri gutegura igitero ku basivili muri Gaza.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika yavuze ko icyo gitero giteganyijwe ku Banye-palestine cyabangamira intambwe ikomeye yatewe mu bikorwa by’ubuhuza.

Ariko Hamas yahakanye ko nta gitero cyegereje iteganya kugaba, inashinja Israel gufasha imitwe yitwaje intwaro iyirwanya muri Gaza.

Israel yo yavuze ko Hamas yagabye ibitero byinshi ku ngabo zayo irenze umurongo w’umuhondo.

Ivuga ko hari agace ingabo za Israel zavuyemo zisubira inyuma, bijyanye n’icyicaro cya mbere cy’amasezerano yagizwemo uruhare n’Amerika.

Uyu mutwe wa Hamas ukaba waratangaje ko wiyemeje kubahiriza agahenge ndetse ushinja Israel kukarengaho inshuro nyinshi no guhimba inzitwazo zo guha inshingano ibyaha byayo.

Ni amasezerano ari mu mugambi wa perezida Donald Trump, ugamije kubumaraho burundu intambara imaze imyaka irenga ibiri muri Gaza, yatangiye kubahirizwa tariki ya 10/10/2025.

Mu cyiciro cya mbere cy’agahenge, abashimuswe bose bakiri bazima bararekuwe, hamwe n’abantu12 muri 28 bapfuye.

Israel yarekuye imfungwa 250 z’Abanya-Palestine zari zifungiye mu magereza yayo ndetse inarekura n’izindi 1,718 yari fungiye muri Gaza.

Yasubije kandi imirambo 15 y’Abanyapalestine nk’ingurane kuri buri bisigazwa by’umunya-Israel washimuswe wapfuye.

Kuva ibitero bya Israel byatangira kugabwa muri Gaza, byibuze abantu 68,000 bamaze kubyicirwamo, nk’uko minisiteri y’ubuzima ya Hamas ibitangaza.

Tags: GazaIbiteroIsrael
Share28Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Intwaro Ziremereye, Ihagarikwa ry’Ibiganiro n’Imyitwarire ya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika

by Bahanda Bruce
April 22, 2026
0
Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

Intwaro Ziremereye, Ihagarikwa ry’Ibiganiro n’Imyitwarire ya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika Mu murwa mukuru wa Iran, Tehran, Leta y’iki gihugu yongeye kwerekana imbaraga zayo...

Read moreDetails

Perezida Trump akomeje kongera igitutu, mu gihe Iran ihagaze ku cyemezo gikomeye

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Perezida Trump akomeje kongera igitutu, mu gihe Iran ihagaze ku cyemezo gikomeye Mu gihe umubano hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ukomeje kujya mu kangaratete,...

Read moreDetails

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe Nubwo abantu bose bavuka bafite uburenganzira bungana, uko isi ibitaho n’uburyo abayobozi bakomeye bayirindamo biratandukanye cyane. Amakuru mashya ashingiye...

Read moreDetails

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa Mu gihe isi ikomeje guhangayikishwa n’umutekano w’inzira z’ubucuruzi zo ku nyanja, igihugu cya Iran cyongeye gutangaza icyemezo gikomeye cyo gufunga umuhora wa Strait...

Read moreDetails

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umutekano w’inyanja zifite akamaro kanini mu bucuruzi mpuzamahanga, by’umwihariko Umuhora wa Hormuz, Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
FARDC iri guhungishiriza mu Burundi ibikoresho byayo bikaze

FARDC iri guhungishiriza mu Burundi ibikoresho byayo bikaze

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?