• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi zakozanyijeho n’iza FARDC mu Minkenke.

minebwenews by minebwenews
February 10, 2025
in Regional Politics
0
Ingabo z’u Burundi zakozanyijeho n’iza FARDC mu Minkenke.
140
SHARES
3.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi zakozanyijeho n’iza FARDC mu Minkenke.

You might also like

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

Amakuru ava mu Mikenke muri Secteur ya Itombwe, teritwari ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, avuga ko ingabo z’u Burundi zarwanye n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y’uko iz’u Burundi zanze gutabara iza RDC mu gitero zagabye mu muhana wa Kalingi utuwe n’Abanyamulenge.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere nibwo FARDC, FDLR na Wazalendo bagabye igitero gikaze mu Kalingi. Aka gace gaherereye mu ntera y’ibirometero nka 4 uvuye muri centre ya Minembwe.

Nyuma, Twirwaneho yaje kwirwanaho nk’uko iyi nkuru Minembwe.com iyikesha abaturiye ako gace, maze ikubita inshuro iri huriro rirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa.

Byatumye iri huriro rigizwe n’ingabo za FARDC, FDLR na Wazalendo rihunga kubi, ubwo ryahungaga ryageze mu Mikenke hafi n’ahari ikambi y’igisikare cy’u Burundi, maze rihita ryerekeza imitutu y’imbunda muri iyi kambi, abandi nabo barabasubiza.
Bivugwa ko uku gukozanyaho kwatwaye akanya kangana n’iminota 10.

Iyi nkuru ikomeza ivuga ko muri iryo rasana ryabaye hagati y’igisikare cy’u Burundi n’icya FARDC, aho yarifatikanyije na Wazalendo ndetse na FDLR, ryaguyemo umusirikare wo muri uru ruhande rwa Congo(FARDC), ufite ipeti rya Major n’abandi.

Sibyo gusa, kuko ryanakomerekeyemo n’abandi benshi bo muri uru ruhande rwa Leta ya Kinshasa.

Ni mu gihe no muri kiriya gitero FARDC n’abambari bayo bagabye ku Banyamulenge, cyaguyemo undi musirikare wa FARDC ufite ipeti rya Captain, aho yapfanye n’abasirikare babarirwa mu icumi, abandi imirongo bagikomerekeramo.

Kurundi ruhande, ingabo z’u Burundi zasubije Abanyamulenge Inka zabo FARDC yari yanyagiye mu Mikenke hafi n’ikambi y’abahunze intambara.

Hagataho, umutekano wo muri ibyo bice ukomeje kuzamba, kuko impande zihanganye, Twirwaneho n’ingabo za RDC, buri rumwe ruri hafi y’urundi.
Ndetse bivugwa ko uru ruhande rwa Leta rwahamagaje abandi basirikare barwo bakorera mu bindi bice kurutabara.

Tags: FardcIngabo zu BurundiMikenke
Share56Tweet35Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails
Next Post
Agezweho y’urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ingabo za Congo muri Kivu y’Amajyaruguru.

M23 yavuze icyihutirwa igiye gukora i Bukavu muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?