• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, April 22, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yavuze icyihutirwa igiye gukora i Bukavu muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
February 11, 2025
in Regional Politics
0
Agezweho y’urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ingabo za Congo muri Kivu y’Amajyaruguru.
128
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yavuze icyihutirwa igiye gukora i Bukavu muri Kivu y’Epfo.

You might also like

Ibivugwa ku ihuriro ry’u Bubiligi n’u Burundi mu migambi ya gisirikare bikomeje guteza impungenge mu karere k’Ibiyaga Bigari

Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye

Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya Alliance Fleveuve Congo, AFC, ribarizwamo n’umutwe wa M23, rya menyesheje ko igihe kigeze ngo rije kubohora abaturiye i Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo, kuko barimo kwicwa n’ingabo za Republika ya demokarasi ya Congo, n’imitwe yitwaje intwaro ikorana byahafi nazo, irimo FDLR na Wazalendo.

Bikubiye mu itangazo iri huriro rya AFC ryashyize hanze ku mugoroba w’ahar’ejo hashize tariki 10/02/2025, aho iryo tangazo ritangira rigira riti: “Ihuriro rya AFC/M23 ryiyemeje kujya kubohora abatuye i Bukavu niba ntagikozwe mu guhagarika ubugizi bwa nabi burimo kwibasira Abaturage.”

Iri tangazo rigaragaza ko ubwo bwicanyi burimo gukorerwa abaturiye i Bukavu no mu nkengero zayo, bukorwa n’ingabo za FARDC n’abambari bazo, ari bo FDLR na Wazalendo.

Ati: “Ni ubwicyanyi bukorwa n’ingabo za Leta (FARDC) n’abo bafatanyije.”

Iri huriro kandi muri iri tangazo rivuga ko ryumvise gutaka kwaba baturage bicwa bakanasahurwa imitungo yabo bikozwe n’abashinzwe umutekano bagakwiye kubirinda.

Muri ubwo buryo, iri huriro rya AFC/M23 rigasaba ko ibyo bikorwa bibi bihagarara ako kanya, bitaba ibyo, iri huriro rigatanga umusanzu waryo mu gutabara abaturiye umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ryagize riti: “AFC/M23, turasaba ko ibyo bikorwa bibi bihagarara aka kanya, bitaba ibyo, tugatanga umusanzu wacu wo gutabara abaturage.”

Ku cyumweru niho abaturage baturiye umujyi wa Bukavu bahaye ingabo z’iki gihugu(FARDC ) amasaha 48 yokuba zavuye muri uyu mujyi. Bazishinja kwica abantu icyenda, bakavuga ko babiciye ahitwa i Katana no mu tundi duce duherereye mu nkengero z’umujyi muto wa Kavumu.

Hagataho, imirwano irakomeje hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, ikaba irimo kubera kuri zone ya Kalehe, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Tags: BukavuM23
Share51Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibivugwa ku ihuriro ry’u Bubiligi n’u Burundi mu migambi ya gisirikare bikomeje guteza impungenge mu karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
April 22, 2026
0
Ibivugwa ku ihuriro ry’u Bubiligi n’u Burundi mu migambi ya gisirikare bikomeje guteza impungenge mu karere k’Ibiyaga Bigari

Ibivugwa ku ihuriro ry’u Bubiligi n’u Burundi mu migambi ya gisirikare bikomeje guteza impungenge mu karere k’Ibiyaga Bigari Mu gihe intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Read moreDetails

Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye

by Bahanda Bruce
April 22, 2026
0
Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye

Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye Mu rwego rw’umutekano mpuzamahanga, ubutasi bwabaye imwe mu nkingi z’ingenzi zigena imbaraga z’ibihugu. Muri iki gihe isi...

Read moreDetails

Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC

Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC Mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, haravugwa inkuru ikomeye ijyanye n’abimukira b’Abanya-Colombia bari ku butaka bw’iki...

Read moreDetails

The United States Reacts to the Banyamulenge Protests in Washington

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington

The United States Reacts to the Banyamulenge Protests in Washington A member of the United States Congress, , has expressed his views on the protest organized by the...

Read moreDetails

Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington

Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington Un membre du Congrès des États-Unis, Joe Wilson, a exprimé son point de vue à propos de la manifestation...

Read moreDetails
Next Post
Ikindi gihugu kigiye kohereza ingabo zacyo muri RDC.

Ikindi gihugu kigiye kohereza ingabo zacyo muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?