• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, December 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ingabo z’u Burundi zari mu Bibogobogo zahambiriye.

minebwenews by minebwenews
June 25, 2025
in Conflict & Security
0
Abasirikare b’u Burundi bongeye guhemukira Abanyamulenge bari baherekeje.
90
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi zari mu Bibogobogo zahambiriye.

You might also like

Dore Aho Imirwano Ikomeye Hagati ya FARDC na AFC/M23 Yabereye, Abasirikare n’Abasivili Batangiye Guhungira i Burundi

Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside

Umutekano Urimo Kujegajega i Uvira, Abasirikare Bakuru ba FARDC Berekeje iy’ubuhungiro

Abasirikare b’u Burundi bari bagize igihe mu Bibogobogo ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo zahavuye zerekeza umuhanda ugana i Baraka.

Ni amakuru MCN dukesha abaturiye iki gice cya Bibogobogo, aho batubwiye ko n’ubu “umuniginigi wabo” basirikare uri kuvuga bamanuka i Baraka.

Nk’uko babivuga bagize bati: “Ubu tuvugana ni saa kumi n’imwe n’iminota 28 z’igitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 25/06/2025; baba-soda bo mu ngabo z’u Burundi bari aha mu Bibogobogo barazinguye.”

Bongeye ati: “Bikoreye imizigo myinshi yabo, kandi bagiye ku bwinshi bamanutse i Baraka. Ntituramenya niba ari bose bagiye, kuko ntiburacya neza.”

Mu cyumweru gishize ahagana mu ntangiriro zacyo, ingabo z’u Burundi zavuye i Baraka zirazamuka mu Bibogobogo, ariko byaje kuvugwa ko zahageze zihita zitambuka zija kugaba ibitero mu mihana ituwe n’Abanyamulenge mu Minembwe.

Ndetse nyuma y’umunsi umwe gusa zivuzwe ko zagiye mu Minembwe, ni bwo ibitero byagabwe muri Mukoko no mu bindi bice biri mu nkengero za centre ya Minembwe nka Nyaruhinga n’ahandi.

Ibi bitero byagabwaga muri ibyo bice biturutse kwa Mulima, bikaba byarimo ingabo z’u Burundi, FDLR, FARDC na Wazalendo.

Ariko iminsi ibiri byamaze bigabwa muri ibyo bice, Twirwaneho na M23 byagiye bibisubiza inyuma.

Aya makuru akomeza avuga ko izo ngabo z’u Burundi zagabaga ibitero mu Minembwe zasubiye mu Bibogobogo, kuri ubu n’izo ziri kumanuka i Baraka, aho zamanukanye n’izindi zabo zari zisanzwe aha mu Bibogobogo.

Mu busanzwe aha mu Bibogobogo izi ngabo z’u Burundi zihasanganywe amakambi yazo abiri, imwe yabaga mu irango rya Ugeafi, indi ikaba mu Bipimo, mu gihe iy’ingabo za FARDC yo ihora ahitwa ku Musaraba.

Nubwo bitazwi zigiye i Baraka, ariko amakuru agaragaza ko zanyuze umuhanda wose ugana i Baraka.

Ati: “Iyo berekeje n’i Baraka, kuko bakomereje mu muhanda uja i Baraka uva hano mu Bibogobogo.”

Tags: BarakaBibogobogoIngabo zu Burundi
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Dore Aho Imirwano Ikomeye Hagati ya FARDC na AFC/M23 Yabereye, Abasirikare n’Abasivili Batangiye Guhungira i Burundi

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Amasasu yavugiye mu isoko rya Rubanga yateje igihombo gikomeye ku bacuruzi

Dore Aho Imirwano Ikomeye Hagati ya FARDC na AFC/M23 Yabereye, Abasirikare n’Abasivili Batangiye Guhungira i Burundi Imirwano ikaze hagati y’ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside

Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside Imirwano ikomeje gufata indi ntera hagati y’ihuriro rya AFC/M23 n’ingabo za Leta ya...

Read moreDetails

Umutekano Urimo Kujegajega i Uvira, Abasirikare Bakuru ba FARDC Berekeje iy’ubuhungiro

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Umutekano Urimo Kujegajega i Uvira, Abasirikare Bakuru ba FARDC Berekeje iy’ubuhungiro

Umutekano Urimo Kujegajega i Uvira, Abasirikare Bakuru ba FARDC Berekeje iy'ubuhungiro Umwuka w’impungenge n’akaduruvayo ukomeje kwiyongera mu mujyi wa Uvira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko abasirikare...

Read moreDetails

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi muri Kivu y’Amajyepfo, Umujyi wa Uvira mu bwoba bwinshi

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi muri Kivu y’Amajyepfo, Umujyi wa Uvira mu bwoba bwinshi

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi muri Kivu y’Amajyepfo, Umujyi wa Uvira mu bwoba bwinshi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rikomeje kwagura ibice rigenzura mu burasirazuba bwa Repubulika ya...

Read moreDetails

FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye

FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zasohoye itangazo kuri uyu wa...

Read moreDetails
Next Post
Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?