• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi, zongeye gukubita ziruzura, k’u butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
December 6, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi zongeye gukubita ziruzura muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Byavuzwe ko i santire (Centre), ya Nyangezi, muri teritware ya Walungu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca RDC, ko hongeye kugera abasirikare b’u Burundi benshi ba barirwa mu bihumbi.

Nk’uko iy’i nkuru igera kuri Minembwe Capital News, ivuga ko bariya basirikare b’u Burundi ko bambutse ku wa Mbere, tariki 04/12/2023, kuri ubu bakaba bari muri Centre ya Nyangezi, berekeza i Goma.

Umwe mubari kubona bariya basirikare b’u Burundi, utashatse kwivuga izina, ku bw’u mutekano we, yagize ati: “Muri centre ya Nyangezi haraca uwambaye kubera aga centre kose kahindutse abasirikare b’u Burundi gusa. Bamwe muribo batubwiye ko bagiye kurwanya M23 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.”

Ibi bi baye mugihe imirwano yongeye gukomera mur’iyi minsi itatu kuva ku Cyumweru, k’uwa Mbere nokuri uyu wa Kabiri. N’imirwano ikomeje kubera muri teritware ya Masisi, aho bivugwa ko ingabo z’u Burundi kozamaze kwinjira mu rugamba rweruye na M23. Ibi byanemejwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike bwana Lawrence Kanyuka, aho yashimangiye abihamya ko FARDC, FDLR, Wagner na Wazalendo kobamaze kwifatanya n’Ingabo z’u Burundi, z’ibarizwa muri Kivu y’Amajyaruguru.

Gusa umuvugizi w’igisirikare c’u Burundi nyuma y’uko M23 itangaje ko ingabo z’u Burundi zinjiye mu mirwano, nabo uriya muvugizi w’igisirikare c’u Burundi nawe yarabihakanye anyomoza u mutwe wa M23.

Ati: “Ibyo u mutwe wa M23 uvuga ko twinjiye mu mirwano n’ibinyoma byambaye ubusa. Twebwe ingabo zacu zagumye aho zatumwe.”

N’ubwo biruko abasirikare benshi b’u Burundi bakomeje gupfira muri teritware ya Masisi, muntambara bahanganyemo n’uriya mutwe wa M23. Amakuru yatangajwe n’ibinyamaku by’u Burundi muriki Gitondo co kuri uyu wa Gatatu, tariki 06/12/2023, bavuze ko hamenyekanye ko “abasirikare b’u Burundi ba barirwa 25 ko bapfuye abandi barakomereka ndetse n’abandi benshi ba burirwa irengero.”

Bruce Bahanda.

Tags: Ingabo z'u Burundi zongeye gukubita ziruzura k'u butaka bwa RDCNyangezi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post

Nyuma y'uko Col Madawa wo muri Maï Maï, y'iyunze n'ingabo z'u Burundi, i Nyangezi, yabuze ayacira nayo amira..

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?