• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye(Monusco), zongeye gushinjwa guta ibirindiro byabo mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
March 26, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’u muryango w’Abibumbye(Monusco), zongeye gushinjwa guta ibirindiro byabo mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, zirashinjwa gusiga ibirindiro byabo biri i Kihondo ho muri teritware ya Rutshuru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ahagana isaha z’igitondo cyo ku wa Mbere, itariki ya 25/03/2024, ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, zikuye mu ikambi ya Kihondo, iherereye muri teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, maze zi kerekeza i “Lwindi,” nk’uko byatangajwe n’Imiryango itegamiye kuri leta ya Repubulika ya demokorasi ya Congo.

Bavuga ko iki gikorwa ingabo z’u muryango w’Abibumbye( MONUSCO) bakoze giha inzira abarwanyi ba M23 gukomeza kwigarurira ibindi bice.

Bagize bati: “Ibi biha inzira M23 gukomeza kuja imbere no kugaba ibitero.”

Ubutumwa uriya muryango utegamiye kuri leta bashize hanze buvuga ko nyuma y’uko ingabo z’u muryango w’Abibumbye, zari zimaze kwikura muri ibyo bice ko bahise berekeza i Lwindi, banyuze inzira ya Kashalira na Kibirizi.

Uyu muryango utegamiye kuri leta ukomeza uvuga ko “hataramenyekana impamvu ziriya ngabo zivanye i Kihondo.”

Ibi bikaba bibaye ku nshuro ya kabiri nyuma y’uko kandi mu kwezi kwa Mbere uy’u mwaka ingabo z’u muryango w’Abibumbye zivanye mu bice byo muri Grupema ya Ngungu bikaza kwigarurirwa n’uwo mutwe wa M23. Icyo gihe kandi Monusco yashinjwe gukorana byahafi n’u mutwe wa M23.

N’ubwo M23 ikunze gushinja Monusco guha ubufasha ingabo za FARDC n’abambari babo aribo: FDLR , Wazalendo, ingabo z’u Burundi na SADC. Uy’u mutwe uvuga ko buriya bufasha Monusco itanga bufasha abarwana ku ruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa gusenyera abaturage no kubica.

         MCN.
Tags: Gusiga ibirindiro byaboImiryango itegamiye kuri letaKihondoKinshasaMonuscoRutshuru
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo zishinzwe gutabara aho rukomeye (EASF), zo mu bihugu by’Afrika y’iburasirazuba (EAC ) ziri mu Nama idasanzwe mu Gihugu cy’u Rwanda.

Ingabo zishinzwe gutabara aho rukomeye (EASF), zo mu bihugu by'Afrika y'iburasirazuba (EAC ) ziri mu Nama idasanzwe mu Gihugu cy'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?