• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, August 9, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo zishinzwe gutabara aho rukomeye (EASF), zo mu bihugu by’Afrika y’iburasirazuba (EAC ) ziri mu Nama idasanzwe mu Gihugu cy’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
March 26, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo zishinzwe gutabara aho rukomeye (EASF), zo mu bihugu by’Afrika y’iburasirazuba (EAC ) ziri mu Nama idasanzwe mu Gihugu cy’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba, EASF (East Africa standby Force), zitabara aho rukomeye ziri mu biganiro bidasanzwe mu gihugu cy’u Rwanda.

You might also like

“Igihe Kirageze ngo Abarundi Bahindure Ubutegetsi”: Pamella Wavuye muri Canada Ajya muri Red-Tabara Yatanze Ubutumwa Bukomeye

Byakomeye: Abasirikare b’u Burundi Bivugwa ko Basabye Kuvanwa ku Rugamba muri RDC — Dore Ibikubiye muri Iyi Nkuru

Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir

Ni mu Nama yatangiye kuri uyu wa Mbere tariki ya 25/03/2024, bikaba biteganijwe ko izamara iminsi igera muri ine, nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bugize uyu mutwe w’ingabo.

Iy’i Nama bavuga ko igamije kurebera hamwe uburyo hatezwa imbere imikoranire hagati y’ibihugu bigize uyu muryango, ndetse no gusangizanya ubuhanga mu buryo ibi bihugu bizahora byiteguye guhangana n’ibibazo.

Ubuyobozi bw’i ngabo z’u Rwanda(RDF ) bwakiriye ik’i cyicaro, bwo buvuga ko intego nyamukuru y’ibi biganiro ari uguhuza ingamba hagati y’ibihugu byo muri uyu muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EAC), harimo guhangana n’ibibazo birimo ibyorezo mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ingingo uy’u muryango HANDS(Humanitarian action and natural disasters) zigamije guhangana n’ibiza kamere.

Ibi biganiro byatangijwe na Col Claudien Bizimungu(wo mu ngabo z’u Rwanda) usanzwe ari umuyobozi w’u ngirije w’u mutwe w’i ngabo zishinzwe ubw’ubatsi, yavuze ko i Nama nk’iyi yitezwemo guha imbaraga imikoranire ndetse no gusangira ibitekerezo mu guhangana n’ibiza.

Col Bizimungu kandi ngo yasabye abitabiriye ibyo biganiro kuganira nk’abavandimwe no kugaragaza udushya twafasha ibihugu kujya bibasha kwitwara neza mu gihe habaye ibyo bibazo, kuko ari byo bizatuma Afrika y’iburasizuba irushaho kubaho itekanye.

Ni mu gihe umuyobozi mukuru w’u munyabanga bwa EASF, Brigadier Gen Paul Kahuria Njyema we yagarutse kuri bimwe mu bibazo biza bikabera umutwaro Guverinoma z’i bihugu bigize uyu muryango ndetse n’uyu muryango ubwayo. Uyu muyobozi yanasabye abitabiriye iyi Nama gukora ibishoboka ibihugu binyamuryango bikazarushyaho gukorera bikorera hamwe.

Avuga ko kandi Ingabo zigize uyu mutwe zishinzwe gutabara aho rukomeye bya hafi n’ibihugu byo muri uy’u muryango ndetse n’ahandi nko mu muryango w’Afrika yunze ubumwe, no gushakira umuti ibibazo by’inzaduka.

           MCN.
Tags: EASFI Nama idasanzweIngabo zishinzwe gutabara aho rukomeyeRwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igihe Kirageze ngo Abarundi Bahindure Ubutegetsi”: Pamella Wavuye muri Canada Ajya muri Red-Tabara Yatanze Ubutumwa Bukomeye

by Bahanda Bruce
August 9, 2026
0
“Igihe Kirageze ngo Abarundi Bahindure Ubutegetsi”: Pamella Wavuye muri Canada Ajya muri Red-Tabara Yatanze Ubutumwa Bukomeye

“Igihe Kirageze ngo Abarundi Bahindure Ubutegetsi”: Pamella Wavuye muri Canada Ajya muri Red-Tabara Yatanze Ubutumwa Bukomeye MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Umurundikazi witwa Pamella Mubeza, uheruka kuva muri Canada...

Read moreDetails

Byakomeye: Abasirikare b’u Burundi Bivugwa ko Basabye Kuvanwa ku Rugamba muri RDC — Dore Ibikubiye muri Iyi Nkuru

by Bahanda Bruce
August 8, 2026
0
Byakomeye: Abasirikare b’u Burundi Bivugwa ko Basabye Kuvanwa ku Rugamba muri RDC — Dore Ibikubiye muri Iyi Nkuru

Byakomeye: Abasirikare b’u Burundi Bivugwa ko Basabye Kuvanwa ku Rugamba muri RDC — Dore Ibikubiye muri Iyi Nkuru MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Amakuru akomeje guturuka mu burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir

by Bahanda Bruce
August 8, 2026
0
Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir

Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir MINEMBWE...

Read moreDetails

Doha ku Isonga: RDC Yiteguye Gushyira mu Bikorwa Ibyo Yiyemeje, Ariko Ikibazo Gikomeye Kiri He? Dore Ibikubiye muri iyi Nkuru

by Bahanda Bruce
August 8, 2026
0
Doha ku Isonga: RDC Yiteguye Gushyira mu Bikorwa Ibyo Yiyemeje, Ariko Ikibazo Gikomeye Kiri He? Dore Ibikubiye muri iyi Nkuru

Doha ku Isonga: RDC Yiteguye Gushyira mu Bikorwa Ibyo Yiyemeje, Ariko Ikibazo Gikomeye Kiri He? Dore Ibikubiye muri iyi Nkuru MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Guverinoma ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

by Bahanda Bruce
August 7, 2026
0
Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe ibihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangiye ibikorwa byo kubaka ibiraro mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangiye ibikorwa byo kubaka ibiraro mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?