• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, ziswe “imbaraga z’u mu ijima.”

minebwenews by minebwenews
February 15, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, ziswe “imbaraga z’u mu ijima.”
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 15/02/2024, ibisasu biremereye byatewe mu baturage baturiye teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Ni ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, ibisasu biremereye byongeye kuraswa muri Localité ya Mushaki, ho muri teritware ya Masisi.

Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, rirashinjwa kuba inyuma y’iryo terwa ry’i bi bombe birimo kugwa i Mushaki, bigasenya ibikorwa bya basivile nk’uko herekanwe n’a mashusho agaragaza uburyo ibyo bisasu byasenyaguye amazu, aho ubona amabati yari asakaje amazu yashwanyaguritse.

Bya garutswe ho kandi n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka. Ni munyandiko yashize hanze akoresheje urubuga rwa X, maze ahamagarira imiryango mpuzamahanga kudacyecyeka mu gihe ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC zikomeje guhungabanya umutekano wa baturage.

Mu nyandiko amaze gushira hanze yagize ati: “Turi butsa umuryango w’Afrika yunze ubumwe, umuryango w’ibiyaga bigari, imiryango mpuzamahanga na L’ONI, gufatira ibihano bwana Félix Tshisekedi Tshilombo n’ingabo ze, aribo FDLR, abacancuro, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, FARDC na SADC, gukora ibyaha byo mu ntambara.”

Yakomeje agira ati: “Ririya huriro bakomeje gutera ibisasu mu bice bituyemo abaturage benshi, muri teritware ya Masisi, barakoresha ibi bunda biremereye, n’indege, barica, kandi batuma abaturage bakomeza guhunga bagakwira imishwaro.”

Na none Kanyuka yasabye ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, kudafasha ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, izo yita ko ari mbaraga z’umwijima, ingabo za Félix Tshilombo, zicya inshuti za M23.

Ibi bitero bya gabwe i Mushaki, mugihe imirwano ishamiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC, yari igikomereje mu gace ka Rwuve ko muri teritware ya Masisi, ni mirwano bivugwa ko yabaye ahagana isaha za kare.

Rwuve na gace gateganye na Ruhondo ndetse na Nyanzale, iyo bivugwa ko M23 yagoteyemo ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuva ku mugoroba w’ejo hashize.

Imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, yongeye kuzana umuvuduko mu mpera z’iki Cyumweru dusoje, nyuma y’uko M23 yarimaze gushira hanze itangazo rimenyesha ko “igihe cyo kwihanganira ibibi bikorerwa abasivile cyatambutse,” bityo bavuga ko bagiye kwirukana ingabo za Félix Tshisekedi Tshilombo, maze ngo abasivile ba bone amahoro.

Bruce Bahanda.

Tags: FardcFDLRIngabo z'u BurundiIngabo za Félix Tshisekedi TshilomboSADCWazalendoZiswe imbaraga z'u mu ijima
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda yakojeje isoni abarimo n’u muvugizi w’u mutwe w’iterabwoba wa FDLR.

Umuvugizi w'igisirikare cya Uganda yakojeje isoni abarimo n'u muvugizi w'u mutwe w'iterabwoba wa FDLR.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?