• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, ziswe “imbaraga z’u mu ijima.”

minebwenews by minebwenews
February 15, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, ziswe “imbaraga z’u mu ijima.”
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 15/02/2024, ibisasu biremereye byatewe mu baturage baturiye teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Ni ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, ibisasu biremereye byongeye kuraswa muri Localité ya Mushaki, ho muri teritware ya Masisi.

Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, rirashinjwa kuba inyuma y’iryo terwa ry’i bi bombe birimo kugwa i Mushaki, bigasenya ibikorwa bya basivile nk’uko herekanwe n’a mashusho agaragaza uburyo ibyo bisasu byasenyaguye amazu, aho ubona amabati yari asakaje amazu yashwanyaguritse.

Bya garutswe ho kandi n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka. Ni munyandiko yashize hanze akoresheje urubuga rwa X, maze ahamagarira imiryango mpuzamahanga kudacyecyeka mu gihe ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC zikomeje guhungabanya umutekano wa baturage.

Mu nyandiko amaze gushira hanze yagize ati: “Turi butsa umuryango w’Afrika yunze ubumwe, umuryango w’ibiyaga bigari, imiryango mpuzamahanga na L’ONI, gufatira ibihano bwana Félix Tshisekedi Tshilombo n’ingabo ze, aribo FDLR, abacancuro, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, FARDC na SADC, gukora ibyaha byo mu ntambara.”

Yakomeje agira ati: “Ririya huriro bakomeje gutera ibisasu mu bice bituyemo abaturage benshi, muri teritware ya Masisi, barakoresha ibi bunda biremereye, n’indege, barica, kandi batuma abaturage bakomeza guhunga bagakwira imishwaro.”

Na none Kanyuka yasabye ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, kudafasha ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, izo yita ko ari mbaraga z’umwijima, ingabo za Félix Tshilombo, zicya inshuti za M23.

Ibi bitero bya gabwe i Mushaki, mugihe imirwano ishamiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC, yari igikomereje mu gace ka Rwuve ko muri teritware ya Masisi, ni mirwano bivugwa ko yabaye ahagana isaha za kare.

Rwuve na gace gateganye na Ruhondo ndetse na Nyanzale, iyo bivugwa ko M23 yagoteyemo ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuva ku mugoroba w’ejo hashize.

Imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, yongeye kuzana umuvuduko mu mpera z’iki Cyumweru dusoje, nyuma y’uko M23 yarimaze gushira hanze itangazo rimenyesha ko “igihe cyo kwihanganira ibibi bikorerwa abasivile cyatambutse,” bityo bavuga ko bagiye kwirukana ingabo za Félix Tshisekedi Tshilombo, maze ngo abasivile ba bone amahoro.

Bruce Bahanda.

Tags: FardcFDLRIngabo z'u BurundiIngabo za Félix Tshisekedi TshilomboSADCWazalendoZiswe imbaraga z'u mu ijima
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda yakojeje isoni abarimo n’u muvugizi w’u mutwe w’iterabwoba wa FDLR.

Umuvugizi w'igisirikare cya Uganda yakojeje isoni abarimo n'u muvugizi w'u mutwe w'iterabwoba wa FDLR.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?