Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingaruka z’u bukene buri mu Burundi ahanini bwo gukena lisansi ziri kugira ingaruka ku Banya-uvira, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 14, 2024
in Regional Politics
0
Ingaruka z’u bukene buri mu Burundi ahanini bwo gukena lisansi ziri kugira ingaruka ku Banya-uvira, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturiye umujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo binubiye Abarundi baje gushakira lisansi muri ibyo bice ari benshi, bikaba byatumye igiciro cyayo kizamuka.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byatangajwe na batwara ibinyabiziga bo mu mu mujyi wa Uvira, aho bavuga ko litilo imwe ya lisansi yavuye ku mafaranga 3,300 y’Amanyekongo ikagera ku 4,000 FRC.

Abashoferi bo muri Uvira basobanuye ko ibura rya lisansi mu gihugu cy’u Burundi ariyo ntandaro yatumye ibi biciro bya lisansi bizamuka ku kigero cyo hejuru, kandi ko atari lisansi yonyine yazamutse gusa ngo kuko n’ingendo z’i modoka zitwara abagenzi zazamuye ibiciro.

Nk’uko babisobanuye n’uko Abarundi bari kuza ari benshi kurangura lisansi muri Uvira barangiza bakayikorera bayijana i Bujumbura ku murwa mukuru w’u bukungu w’iki gihugu cy’u Burundi.

Abanyamakuru b’ijwi ry’Amerika bavuze ko bageze ku mupaka uhuza Congo n’u Burundi bahasanga imodoka zibarirwa mu magana zivuye i Bujumbura zije gushakira lisansi muri Uvira.

Hari kandi n’abacuruzi bikoreye amajerekani ku mitwe abandi bayatwaye
ku magare, bavuye Uvira berekeje i Bujumbura.

Kubera ibiciro bya lisansi biri kuzamuka cane muri Uvira byatumye n’i Baraka naho bizamuka, aho litilo imwe yavuye ku mafaranga 4,000 y’Amanyekongo ija kuri 5,000 naho imisisi litiro imwe igeze ku madolari abiri.

Ingendo hagati ya Baraka na Uvira nazo zazamuye ibiciro.

Nubwo biruko Abarundi n’Abanyekongo bacuruza lisansi ku mupaka w’u Burundi na Uvira bari gukuramo inyungu nyinshi.

Hagati aho ushinzwe peteroli muri Uvira, Ephrem Balagizi yabwiye itangaza makuru ko ikibazo cya Lisansi kitari muri Uvira gusa ngwa hubwo kiri ku Isi hose, kandi ahakana ko kitazamutse kubera kivanwa Uvira kikaja i Bujumbura.

         MCN.
Tags: BujumburaCyazamutseIgiciroLisansiUvira
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Menya umusirikare w’indwanyi, General Fred Ibingira, umwe mu ngabo z’u Rwanda wambaye ipeti ry’inyenyeri zine.

Menya umusirikare w'indwanyi, General Fred Ibingira, umwe mu ngabo z'u Rwanda wambaye ipeti ry'inyenyeri zine.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?