• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Inka z’Abanyamulenge zaburiwe irengero mu misozi miremire y’Imulenge, ikirari cyazo kiburira neza mu gace ka genzurwa na Gumino.

minebwenews by minebwenews
May 18, 2024
in World News
0
Inka z’Abanyamulenge zaburiwe irengero mu misozi miremire y’Imulenge, ikirari cyazo kiburira neza mu gace ka genzurwa na Gumino.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inka z’Abanyamulenge zine zaburiwe irengero mu misozi miremire y’Imulenbge, ikirari cyazo ki burira neza mu bice bigenzurwa na barwanyi ba Gumino.b

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni mu ijoro ryo ku wa Kane rishira ku wa Gatanu, tariki ya 17/05/2024, nibwo Inka zine z’Abanyamulenge zabuze, ziburiye mu Gifuni, nk’uko abaherereye muri ibyo bice ba bwiye Minembwe Capital News.

Bavuga ko izi nka ko zajanwe n’abantu igihe c’isaha zine z’ijoro ryo kuri uwo munsi, ko kandi zagendeye ahari ibiraro byazo, mu gace ko mu Gifuni, ho muri Rurambo, muri teritware ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Kandi ko abazijanye baje bitwaje imbunda bazibyutsa muzindi maze barazijana.

Ubuhamya bwahawe Minembwe Capital News buvuga ko ikirari cy’izi nka, ko cyaburiye mu gace kagenzurwa n’abarwanyi ba Gumino.

Nk’uko ba bisobanuye bavuze ko ubwo barimo bakurikirana ikirari cyizi nka, ko cyagaragaye mu Gifuni, kigana amazamuka kija mu Gikarage, kimanukana mu gace ka Gongwe, gikomereza muri Nyagitakwe, Bijojwe no mu Magandi. Iki kirari kigeze ahitwa Nyarurambi abariho kiburira.

Aka gace ka Nyarurambi kakaba kagenzurwa n’abarwanyi ba Gumino bayobowe n’uwitwa Nzeyimana.

Ibyo bibaye mu gihe aka karere ko mu Rurambo kari mu bihe birimo agahenge kamaho, nyuma y’uko mu mezi ashize hagiye haba isibaniro ry’intambara.

Yari intambara Maï Maï yagiye ishora mu mihana y’abaturage ba Banyamulenge bo muri Rurambo.

         MCN.
Tags: Agace kagenzurwa n'abarwanyi ba GuminoInka z'AbanyamulengeZaburiwe irengero
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Justin Bitakwira wabaye minisitiri  w’iterambere ry’icyaro muri RDC, yatukanye mu ruhame imbere ya perezida Félix Tshilombo.

Justin Bitakwira wabaye minisitiri w'iterambere ry'icyaro muri RDC, yatukanye mu ruhame imbere ya perezida Félix Tshilombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?