• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, February 17, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Inka z’Abanyamulenge zanyagiwe aho zari ziragiriwe mu Biraro.

minebwenews by minebwenews
February 19, 2025
in Regional Politics
0
Inka z’Abanyamulenge zanyagiwe aho zari ziragiriwe mu Biraro.
140
SHARES
3.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inka z’Abanyamulenge zanyagiwe aho zari ziri mu Biraro.

You might also like

Nduhungirehe Yanenze Ukubogama k’Umunyamakuru Wa France 24 Wagiranye Ikiganiro na Massad Boulos

Perezida Ndayishimiye Yanyeganyeje u Burundi Bwose ngo Yabaye Perezida wa Afurika

Angola Irigushyira Imbaraga mu Biganiro by’Amahoro; AFC/M23 Ikagaragaza Impungenge ku Ishyirwa mu Bikorwa ry’Agahenge

Inka z’Abanyamulenge zibarirwa muri 400 zanyazwe n’abarwanyi bo mu bwoko bw’Abapfulero i Kalemi, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ijoro ryo ku wa mbere rishyira ku wa kabiri, ejo hashize tariki ya 18/02/2025, ni bwo izi nka zanyazwe.

Zinyagirwa aho zari ziragiriwe mu Biraro biri ahitwa Cyoko kuri kirometero 125 uvuye mu mujyi wa Kalemi mu Ntara ya Tanganyika.

Mbere y’uko ziriya nka zinyagwa, abarwanyi bo mu bwoko bw’Abatwa bagabye igitero muri kiriya kiraro kiri i Cyoko, mu ijoro ryo ku Cyumweru, ariko icyo gitero ntabyo cyangije, usibye ko abungeri bari bapoteye baza kongera kuboneka. Ndetse n’inka basanga ntacyo zabaye kandi zihari zose.

Nyuma, nk’uko umwe mu bungeri b’izi nka yabibwiye ubwanditsi bwa Minembwe.com yagaragaje ko iki gitero cya kabiri ko ari cyo cyanyaze Inka.

Yagize ati: “Inka zanyagiwe ahitwa i Cyoko kuri 125 uvuye i Kalemi. Hagiye ibibuga bitatu. Zanyazwe n’Abapfulero.”

Yakomeje agira ati: “Zinyazwe nyuma y’umunsi umwe gusa, Abatwa batugabyeho igitero. Ariko icyabo nta nka cyanyaze.”

Abanyamulenge benshi bo mu misozi miremire y’Imulenge muri za teritware ya Fizi, Mwenga na Uvira, bahungishyirije Inka zabo i Kalemi nyuma yuko Maï-Maï kubufasha bw’ingabo za Congo(FARDC) zatangiraga kubagabaho ibitero hagati mu mwaka w’ 2017,2018 na 2019. Byari ibitero byari bigamije kubarimbura no kubangaza.

Ibyo bitero byasize bihitanye Abanyamulenge benshi abandi nabo batari bake bahungira mu bindi bihugu birimo u Rwanda, Kanya, u Burundi na Uganda, imihana yabo ibarirwa mu magana irasenyuka, mu gihe inka zo zibarirwa mu bihumbi amagana ziranyagwa.

Icyo gihe abenshi bazihungishirije i Kalemi, ariko naho abanzi babo bakomeje kuzinyaga mu bitero babagabaho. Ndetse kandi hamaze kugwa abatari bake, aho bicwa n’abarwanyi b’Abatwa n’Abapfulero. Muri ibyo byose ntacyo leta ya Kinshasa irafasha Abanyamukenge banyagwa ibyabo.

Tags: Inka z'AbanyamulengeKalemizanyazwe
Share56Tweet35Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Nduhungirehe Yanenze Ukubogama k’Umunyamakuru Wa France 24 Wagiranye Ikiganiro na Massad Boulos

by Bahanda Bruce
February 17, 2026
0
Nduhungirehe Yanenze Ukubogama k’Umunyamakuru Wa France 24 Wagiranye Ikiganiro na Massad Boulos

Nduhungirehe Yanenze Ukubogama k’Umunyamakuru Wa France 24 Wagiranye Ikiganiro na Massad Boulos Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko atishimiye uburyo umunyamakuru wa France...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yanyeganyeje u Burundi Bwose ngo Yabaye Perezida wa Afurika

by Bahanda Bruce
February 17, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yanyeganyeje u Burundi Bwose ngo Yabaye Perezida wa Afurika Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yagarutse mu gihugu cye avuye mu nama y’Umuryango wa Afurika...

Read moreDetails

Angola Irigushyira Imbaraga mu Biganiro by’Amahoro; AFC/M23 Ikagaragaza Impungenge ku Ishyirwa mu Bikorwa ry’Agahenge

by Bahanda Bruce
February 17, 2026
0
Angola Yatanze Itariki yo Guhagarika Imirwano hagati ya RDC na M23

Angola Irigushyira Imbaraga mu Biganiro by’Amahoro; AFC/M23 Ikagaragaza Impungenge ku Ishyirwa mu Bikorwa ry’Agahenge Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) yatangaje ko yemeye ku mugaragaro icyifuzo...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yiyemeje guhosha intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye yiyemeje guhosha intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC

Perezida Ndayishimiye yiyemeje guhosha intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, watangiye kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) mu nama ya 39 y’Abakuru...

Read moreDetails

Perezida Kagame Ayoboye Abashimiwe Imiyoborere Myiza, Tshisekedi na Ndayishimiye Baza mu Bayobozi Babi Kurusha Abandi ku Isi

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Kagame Ayoboye Abashimiwe Imiyoborere Myiza, Tshisekedi na Ndayishimiye Baza mu Bayobozi Babi Kurusha Abandi ku Isi

Perezida Kagame Ayoboye Abashimiwe Imiyoborere Myiza, Tshisekedi na Ndayishimiye Baza mu Bayobozi Babi Kurusha Abandi ku Isi Ikinyamakuru Africa Today Media Group cyasohoye ubushakashatsi bushya bugaragaza uko bamwe...

Read moreDetails
Next Post
Drones za FARDC zateye ibisasu mu mihana y’Abanyamulenge.

Drones za FARDC zateye ibisasu mu mihana y'Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?