• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Inka z’Abanyamulenge zanyagiwe aho zari ziragiriwe mu Biraro.

minebwenews by minebwenews
February 19, 2025
in Regional Politics
0
Inka z’Abanyamulenge zanyagiwe aho zari ziragiriwe mu Biraro.
140
SHARES
3.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inka z’Abanyamulenge zanyagiwe aho zari ziri mu Biraro.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Inka z’Abanyamulenge zibarirwa muri 400 zanyazwe n’abarwanyi bo mu bwoko bw’Abapfulero i Kalemi, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ijoro ryo ku wa mbere rishyira ku wa kabiri, ejo hashize tariki ya 18/02/2025, ni bwo izi nka zanyazwe.

Zinyagirwa aho zari ziragiriwe mu Biraro biri ahitwa Cyoko kuri kirometero 125 uvuye mu mujyi wa Kalemi mu Ntara ya Tanganyika.

Mbere y’uko ziriya nka zinyagwa, abarwanyi bo mu bwoko bw’Abatwa bagabye igitero muri kiriya kiraro kiri i Cyoko, mu ijoro ryo ku Cyumweru, ariko icyo gitero ntabyo cyangije, usibye ko abungeri bari bapoteye baza kongera kuboneka. Ndetse n’inka basanga ntacyo zabaye kandi zihari zose.

Nyuma, nk’uko umwe mu bungeri b’izi nka yabibwiye ubwanditsi bwa Minembwe.com yagaragaje ko iki gitero cya kabiri ko ari cyo cyanyaze Inka.

Yagize ati: “Inka zanyagiwe ahitwa i Cyoko kuri 125 uvuye i Kalemi. Hagiye ibibuga bitatu. Zanyazwe n’Abapfulero.”

Yakomeje agira ati: “Zinyazwe nyuma y’umunsi umwe gusa, Abatwa batugabyeho igitero. Ariko icyabo nta nka cyanyaze.”

Abanyamulenge benshi bo mu misozi miremire y’Imulenge muri za teritware ya Fizi, Mwenga na Uvira, bahungishyirije Inka zabo i Kalemi nyuma yuko Maï-Maï kubufasha bw’ingabo za Congo(FARDC) zatangiraga kubagabaho ibitero hagati mu mwaka w’ 2017,2018 na 2019. Byari ibitero byari bigamije kubarimbura no kubangaza.

Ibyo bitero byasize bihitanye Abanyamulenge benshi abandi nabo batari bake bahungira mu bindi bihugu birimo u Rwanda, Kanya, u Burundi na Uganda, imihana yabo ibarirwa mu magana irasenyuka, mu gihe inka zo zibarirwa mu bihumbi amagana ziranyagwa.

Icyo gihe abenshi bazihungishirije i Kalemi, ariko naho abanzi babo bakomeje kuzinyaga mu bitero babagabaho. Ndetse kandi hamaze kugwa abatari bake, aho bicwa n’abarwanyi b’Abatwa n’Abapfulero. Muri ibyo byose ntacyo leta ya Kinshasa irafasha Abanyamukenge banyagwa ibyabo.

Tags: Inka z'AbanyamulengeKalemizanyazwe
Share56Tweet35Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Drones za FARDC zateye ibisasu mu mihana y’Abanyamulenge.

Drones za FARDC zateye ibisasu mu mihana y'Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?