Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Insoresore i Goma, bariye karungu, basabye kurekura bagenzi babo bitaba ibyo bagakora imyigaragambyo karandura.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 17, 2024
in Regional Politics
0
Insoresore i Goma, bariye karungu, basabye kurekura bagenzi babo bitaba ibyo bagakora imyigaragambyo karandura.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, abari mu myigaragabyo batawe muri yombi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni mu myigaragabyo yaramukiye mu mujyi wa Goma, kuri uyu wa Gatatu, nibwo inzego zishinzwe umutekano zataye muri yombi abagera ku icumi na babiri, nk’uko bamwe muribo babivuga.

Bavuga ko imyigaragabyo yabereye i Goma, ahazwi nk’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yari iyo kwamagana inzego z’u mutekano zidakora ibishoboka byose ngo zigarure umutekano n’amahoro.

Mu minsi icumi nine gusa, muri Goma hamaze gupfa abantu barenga 18 benshi muri aba bapfuye bishwe barashwe abandi bicwa batewe amabuye. Abari inyuma y’ubwo bwicanyi hadomwa urutoki abarimo abasirikare na Wazalendo.

Ubwo kuri uyu wa Gatatu abarimo insoresore zishigikiwe n’ishirahamwe rya LUCHA, ndetse na sosiyete sivile, bari mu myigaragabyo; polise yabashye ku bitanga maze ihagarika abagera ku icumi na babiri, kuri ubu barafunzwe.

Bityo aba bari mu myigaragabyo bakaba bari kubwira itangaza makuru ko byaba byiza barekuye bagenzi babo ko kandi igihe batorekurwa hakorwa ibindi bibi birenze.

Bati: “Turasaba ko barekurwa nta mpamvu ituma bahagarikwa. Ikindi turasaba ko umuyobozi w’u Mujyi wa Goma ko yegura. Igihe bagenzi bacu byanze ko barekurwa turabasezeranya ko tugiye gukora Indi myigaragabyo kurandura.” Ibi byavuzwe na Josué Walay, umwe mu bakozi ba LUCHA( ishirahamwe riharanira impinduka muri Repubulika ya demokarasi ya Congo).

               MCN.
Tags: Basabye kurekura bagenzi baboBitaba ibyo bagakora imyigaragambyo karanduraGomaKarunguLUCHA
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Igihugu cy’u Burundi cyinjiye mu bihe bitaboroheye ku bera umwuzure.

Igihugu cy'u Burundi cyinjiye mu bihe bitaboroheye ku bera umwuzure.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?