• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Intambara hagati ya M23 na FARDC yahinduye isura, mu marembo ya Goma byakaze.

minebwenews by minebwenews
January 12, 2025
in Regional Politics
0
Abandi bantu muri Leta ya Kinshasa basabiwe kuzajya bahabwa igihano cy’urupfu.
160
SHARES
4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara hagati ya M23 na FARDC yahinduye isura, mu marembo ya Goma byakaze.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Amakuru aturuka i Goma mu mujyi mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, avuga ko abarwanyi bo mu mutwe wa M23 bari kurwanira mu marembo y’uwo mujyi, ibyatumye Maj Gen Peter Cirumwami uyoboye iyi ntara ahungira muri MONUSCO, ndetse na panike ikaba yabaye muri ako gace.

Ahagana isaha ya saa kumi n’ebyiri n’iminota 45, z’uyu mugoroba wo ku itariki ya 12/01/2025, ibisasu byarimo byumvikana haruguru y’ikibuga cy’indege cya Goma.

Ndetse abaturage batuye ahitwa Birere, aha ni mu mujyi wa Goma ugana ku kibuga cy’indege, ba bwiye Minembwe.com ko barimo kumva ibibombe.

Ati: “Aka kanya ibibombe byasaze! Biri kuvugira ruguru y’ikibuga cy’indege.”

Amakuru akavuga ko abarwanyi bo muri uyu mutwe wa M23 bafashe i centre nini ya Kanyarucinya, iherereye muri teritware ya Nyiragongo ahazwi nko mu marembo y’umujyi wa Goma.

Aya makuru kandi avuga ko iyi mirwano yatumye muri Goma haba panike, aho ndetse na guverineri w’iyi ntara mu byagisirikare, Maj Gen Peter Cirumwami Nkuba, yimuye ibiro bye, akaba yabyimuriye mu kigo cy’ingabo z’umuryango w’Abibumbye(MONUSCO) kiri mu mujyi wa Goma.

Ibi byanemejwe n’urubuga rwa RDC times, aho rwagize ruti: “Maj Gen Peter Cirumwami, yimuriye ibirindiro bye mu kigo cya Monusco.”

Andi makuru avuga ko aba barwanyi ba M23 barwaniraga muri teritware ya Masisi berekeje umuhanda wa Kivu y’Amajy’epfo, bakaba bamaze no gufata agace ka Kalungu gaherereye mu birometero 10 uvuye muri centre ya Minova muri teritware ya Kalehe.

Nyamara kandi indi mirwano ikomeye yabereye mu duce twinshi two muri teritware ya Masisi, uturimo Ndumba, Kasake, Kabingo, Bitatana na Rangara ndetse no mutundi duce duherereye hafi n’umujyi wa Ngungu. Ni mirwano yasize uyu mutwe wigaruriye uduce twinshi mu buryo budasanzwe kuva iyi ntambara yubura mu 2021.

Ibyo bibaye mu gihe umutwe wa M23, binyuze mu muvugizi wayo mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, yari aheruka gitangaza ko “bagiye gucyecekesha intwaro zose zibarasa, ndetse kandi bagafata ibibuga by’indege biturukaho indege z’intambara zibagabaho ibitero zigahungabanya umutekano w’abaturage.”

Yagize ati: “Ntabwo tuzacyeceka, ngo turebere gusa! Oya intwaro zose zirasa mu baturage tuzazicyecekesha. Usibye ni cyo, tuzafata ibibuga by’indege biturukaho indege zirasa mu baturage bacu.”

Tags: GomaM23Mu marembo y'umujyi
Share64Tweet40Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Sud-Kivu:Guhohotera Abanyamulenge byongeye gufata indi ntera.

Sud-Kivu:Guhohotera Abanyamulenge byongeye gufata indi ntera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?