• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Sud-Kivu:Guhohotera Abanyamulenge byongeye gufata indi ntera.

minebwenews by minebwenews
January 13, 2025
in Regional Politics
1
Sud-Kivu:Guhohotera Abanyamulenge byongeye gufata indi ntera.
136
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Sud-Kivu:Guhohotera Abanyamulenge byongeye gufata indi ntera.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni abasore batanu ba Banyamulenge bafashwe n’inzego zishinzwe umutekano muri Kivu y’Amajy’epfo, zibafunga kubera amasura yabo ari nta kindi cyaha nakimwe zibaziza, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ku gicamunsi cy’ahar’ejo tariki ya 12/01/2025 ni bwo bariya basore 5 bafashwe, bafatirwa mu isoko yo kuri Luningu.

Isoko ya Luningu Abanyamulenge bafatiwemo, iherereye muri Plaine dela Ruzizi, Cheferie Bafuliru ariyo Remera, muri teritware ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Amakuru avuga ko aba basore bari baremye nk’uko bisanzwe kimwe n’uko n’abayandi moko arimo Abapfulero, Ababembe n’Abavira baremye; kandi bamwe bo muri abo batanu bafashwe, baremye iyo soko baturutse mu mujyi wa Uvira, abandi mu tundi duce two muri iyi teritwari.

Hari amashusho yagiye hanze nyuma y’uko bariya basore batanu bafatwa, agaragaza amaboko yabo bayashubije inyuma, ibyo bita gufunga akandoyi, kandi ahambiriye imigozi cyane. Hari ahandi ubabona burijwe kuri moto. Ndetse hari nubwo umwe wo muri bo yashyizwe mu muhanda ahambiriye, ubona yunamye afite agahinda kenshi mu maso.

Ubuhamya bugira buti: “Niba barasekewe! ntacyo tuzi hagataho. Bafatiwe mu isoko ya Luningu. Ariko tubona barazize amasura yabo, nta kindi cyaha!”

Nk’uko iyi nkuru ikomeza ibivuga, abafashwe bose bari mu kigero cy’imyaka 25 y’amavuko.

Binavugwa ko bamaze gufatwa, bajanwa gufungirwa kuri biro 2 iherereye mu mujyi wa Uvira.

Ibyo bibaye mu gihe mu byumweru bitatu bishize, hari abandi basore 8 ba Banyamulenge bafatiwe i Fizi ku izone. Bakaba barafashwe ubwo bari bavuye mu Minembwe, berekeje mu bice by’i Baraka na Uvira.

Bane bo muribo, barishwe, abandi bane barafungwa. Amakuru amwe avuga ko bafungiwe Uvira, ariko harandi makuru avuga ko kugeza n’ubu imiryango yabo itaramenya neza iyo bafungiwe.

Hagataho, Abanyamulenge mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, babuze amahoro. Igihe batagabweho ibitero by’ingabo za Congo, barahohoterwa bagafungwa, ubundi bakicwa.

Tags: AbanyamulengeGuhohoterwa
Share54Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa Angola yagize ibyo asezeranya ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC; menya n’uko byifashe ku mirongo y’urugamba.

Perezida wa Angola yagize ibyo asezeranya ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC; menya n'uko byifashe ku mirongo y'urugamba.

Comments 1

  1. Frank says:
    1 year ago

    Tuzarengana kugeza ryari koko
    Ababantu bagomba kureka uyumutima wakinyamaswa we are Congolese like others they should stop that bad manners plz

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?