Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Intambara ibera muri RDC ngo yaba igiye gushirwaho akadomo kanyuma.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 19, 2025
in Regional Politics
0
Intambara ibera muri RDC ngo yaba igiye gushirwaho akadomo kanyuma.
98
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara ibera muri RDC ngo yaba igiye gushirwaho akadomo kanyuma.

You might also like

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi na mugenzi we w’u Rwanda, perezida Paul Kagame bahuriye i Doha muri Qatar baganira ku bibazo by’intambara birimo bibera mu Burasizuba bwa Congo no kubishiraho iherezo ryanyuma.

Ni amakuru perezidansi ya Qatar yashize hanze, aho yatangaje ko yahuje aba bakuru b’ibihugu byombi mu rwego rwo kugira ngo bashakire umuti urambye ikibazo cy’intambara iri mu Burasizuba bwa Congo.

Yanditse igira iti: “Perezida Emir Sheikh Termin Bin Hamad Al Than wa Qatar yahuje perezida Felix Tshisekedi wa Congo na perezida Paul Kagame w’u Rwanda baganira ku kibazo cy’intambara iri kubera mu Burasizuba bwa Congo.”

Iyi perezidansi yashimangiye ibi ivuga ko aba bakuru b’ibihugu bombi bemeye guhagarika intambara ako kanya ngo kandi bidasubirwaho bagamije kugera ku mahoro arambye.

Yagize iti: “Abakuru b’ibihugu bashimangiye ubushake bw’impande zirebwa zoguhagarika intambara nta yandi mananiza nk’uko byemeranyijwe mu nama ziheruka.”

Iyi perezidansi kandi yatangaje ko ibiganiro byatangijwe na Doha bigamije gushyiraho umusingi ufatika ugamije gushaka amahoro n’ituze bigendanye n’ibiganiro bya Luanda na Nairobi bizakomeza.

Nyuma, perezida w’u Rwanda n’uwa RDC bashimiye Emir wa Qatar ku biganiro byiza byafashije mu kubaka icyizere mu rugendo rugamije gushakira amahoro Repubulika ya demokarasi ya Congo n’akarere kose muri rusange.

Ibi bibaye mu gihe perezida Felix Tshisekedi yari yararahiye ko ntaho azongera guhurira na perezida Paul Kagame w’u Rwanda, ngo nkaba mu ijuru.

Leta ya Congo, u Rwanda ruyishinja gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ibyo Congo ihakana hubwo ikagaragaza ko u Rwanda ari rwo rutera inkunga umutwe wa m23, ibyo narwo rutera utwatsi hubwo rukavuga ko ntaho ruhuriye n’intambara iri muri icyo gihugu.

Ubundi kandi u Rwanda rugaragaza ko intambara itazaba umuti w’ibibazo kurusha inzira ya politiki no kuyoboka ibiganiro no kubahiriza inzira zashyizweho zo gukemura aya makimbirane zirimo iya Luanda na Nairobi.

Tags: Guhagarika intambaraMu Burasizuba bwa CongoPaul KagameQatarTshisekedi
Share39Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana ingabo mu duce igenzura. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryabeshyuje Leta y'i Kinshasa yatangaje ko iri huriro rigomba...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025, byashyize umukono ku mahame...

Read moreDetails

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025,...

Read moreDetails

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyingenzi wa menya ku biganiro birimo kubera i Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23. Nyuma y'iminsi itari mike i Doha muri Qatar hari kubera ibiganiro by'imishyikirano hagati ya Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
M23 yagiranye ikiganiro kidasanzwe n’intumwa ya LONI.

M23 yagiranye ikiganiro kidasanzwe n'intumwa ya LONI.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?