• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Intambara iremereye yongeye kubura kuri uyu wa Gatanu, muri teritware ya Masisi, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za leta ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
April 12, 2024
in Regional Politics
0
Intambara iremereye yongeye kubura kuri uyu wa Gatanu, muri teritware ya Masisi, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za leta ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara iremereye yongeye kubura kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 12/04/2024 hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ahagana isaha ya saa tunu zo kuri uyu wa Gatanu, hongeye kuba urugamba rukaze, rukaba rurimo kubera muri axe ya Bwerimana, muri Grupema ya Mupfunyi/Shanga, teritware ya Masisi, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Bivugwa ko imbunda ziremereye n’izito zirimo kumvikanira neza ku misozi ya Ndumba na Kasingamutwe, ibi bice bikaba by’unamiye muri centre ya Ishasha.

Amakuru yizewe Minembwe Capital News ikesha abaturage baturiye ibyo bice bahamya neza ko M23 ikomeje gusubiza inyuma abarwana ku ruhande rwa leta ya perezida Félix Tshisekedi. Ndetse aya makuru avuga ko umusozi wa Ndumba umaze kwigarurirwa na barwanyi buyu mutwe w’i ngabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga.

Iyi mirwano ibaye mu gihe ku munsi w’ejo hari hiriwe ituze mu bice byose byari bikunze kuberamo urugamba.

Bitandukanye no ku wa Gatatu w’iki Cyumweru, kuko habaye urugamba rukomeye rubereye mu bice byo muri teritware ya Masisi. Urugamba rwasize M23 y’igaruriye utundi duce two muri Grupema ya Matanda, nka hitwa Nyakajaga no Kunteko.

              MCN.
Tags: Intambara iremereyeM23 ihuriro ry'Ingabo za Guverinema ya KinshasaMuri teritware ya MasisiNdumvaShanga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibya perezida Félix Tshisekedi byashizwe ku karubanda maze bamwe mu babishyize hanze baricwa.

Ibya perezida Félix Tshisekedi byashizwe ku karubanda maze bamwe mu babishyize hanze baricwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?