• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Intumwa idasanzwe y’umunyamabanga mukuru w’u muryango w’Abibumbye, muri RDC, Bintou Keita, yavuze ku byo abaturage ba Mikenke bagize igihe basaba.

minebwenews by minebwenews
March 3, 2024
in Regional Politics
0
Intumwa idasanzwe y’umunyamabanga mukuru w’u muryango w’Abibumbye, muri RDC, Bintou Keita, yavuze ku byo abaturage ba Mikenke bagize igihe basaba.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intumwa idasanzwe y’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ari mu Mikenke, ho muri teritware y’i Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Kuva ku wa Kane, tariki ya 29/02/2024, n’ibwo Bintou Keita yagiriye uruzinduko muri iy’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho yageze Bukavu, Kamanyola, kuri ubu akaba ari mu Mikenke, agace kari mu ntera y’ibirometre nka 9 na centre ya Minembwe.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko Bintou Keita yageze muri ibi bice aherekejwe n’itsinda rya basirikare benshi, ndetse na bamwe mu bategetsi ba leta ya Kinshasa, nk’uko bya vuzwe n’umuvugizi w’igisirikare cya FARDC muri brigade ya 12, Jéremie Meya.

Uy’u muvugizi wa brigade ya 12, yanavuze ko Bintou Keita n’itsinda bagendanye ko bagiranye ibiganiro n’abaturage, nyuma aza kongera ku bikorana na MONUSCO yo mu Mikenke.

Ibyo biganiro avuga ko byibanze ku mutekano, ahanini bavuze kubijanye no gusubiza abaturage mubice bagiye bakurwamo kubera intarambara. Na none kandi ngo bavuze ko Guverinema igomba gufungura umuhanda wa Mikenke-Fizi na Uvira, kugira ngo bizafashe impunzi gusubira mu byabo.

Ibyo biganiro kandi bavuze no ku kurwanya imitwe y’inyeshamba y’itwaje Imbunda ikorera mu misozi miremire y’Imulenge, mu rwego rwo kugira ngo haboneke amahoro arambye.

Uruzinduko rwa Bintou Keita mu Mikenke, rubaye nyuma y’uko yari yageze Kamanyola, muri teritware ya Uvira, y’imura ikambi y’ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, nyuma aza ku yishikiriza igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Bintou Keita yavuze ko ingabo z’u muryango w’Abibumbye ziri munzira yo gutaha ziva mu Gihugu cya RDC, avuga ko ibi biri mu masezerano ya Congo n’umuryango wa L’ONI.

       MCN.
Tags: Bintou KeitaMu Mikenke
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Ibihugu bigize akarere ka Afrika y’iburasizuba (EAC), Kenya, Uganda, Tanzania, u Rwanda, u Burundi, Sudan y’Epfo na RDC, ngo byaba bigiye gukoresha ifaranga rimwe.

Ibihugu bigize akarere ka Afrika y'iburasizuba (EAC), Kenya, Uganda, Tanzania, u Rwanda, u Burundi, Sudan y'Epfo na RDC, ngo byaba bigiye gukoresha ifaranga rimwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?