• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Intumwa y’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye muri RDC, Bintou Keita, ya babajwe n’imyigaragambyo irimo kwibasira Monusco, muri RDC.

minebwenews by minebwenews
February 11, 2024
in Regional Politics
0
Intumwa y’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye muri RDC, Bintou Keita, ya babajwe n’imyigaragambyo irimo kwibasira Monusco, muri RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intumwa y’u munyabanga mukuru w’u muryango w’Abibumbye, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bintou Keita, yamaganye abakoze imyigaragambyo bibasira abakozi ba Monusco i Kinshasa.

You might also like

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

N’imyigaragambyo yabaye ejo hashize, tariki ya 10/02/2024, ibereye k’u murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Byavuzwe ko iyo myigaragabyo yakozwe n’abanyekongo, aho barimo bamaganaga intambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Muri iyo myigaragambyo abayikoze bi basiriye ibikorwa bya MONUSCO, ahariho hose bikorera i Kinshasa, harimo ko batwitse n’imidoka zabo, ndetse za biro zabo zo, ziterwa amabuye.

Abanyekongo bashinja Monusco kudashigikira ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo kurwanya ngo bahashe M23.

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 10/02/2024, Wazalendo, bahagaritse i Modoka y’ingabo za Monusco, ubwo bavaga Kimoka berekeje muri Centre ya Sake. Iyo convoi ya Monusco yahagarikiwe muri Quartier ya Muhyutsa, mu kuyihagarika Wazalendo ba bwiye ingabo z’u muryango w’Abibumbye ko bakoresha ‘ubujanja,’ atariko mwe mukorana na M23.

Intumwa y’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye, muri RDC Bintou Keita, akoresheje urubuga rwa X, yamaganye abanyekongo bibasiriye abakozi ba Monusco ba twika n’imidoka zabo.

Yagize ati: “Namaganye nivuye inyuma abakoze ibitero byibasira abakozi ba Monusco mu Mujyi wa Kinshasa, imodoka zacyu, zatwitswe, moto n’ibindi. Ibi mwakoze bituma Monusco ishiramo imbaraga nke mugufatikanya na FARDC na PNC, kurwanya Inyeshamba.

Iy’i myigaragabyo yakozwe mu gihe ubuyobozi bwa Monusco bari baheruka gutangaza ko bagiye kurwanya M23 bivuye inyuma, n’inyuma y’uko umunyabanga w’u muryango w’Abibumbye, w’ungirije, yari yakoranye ikiganiro na perezida Félix Tshisekedi, amusezeranya ko Monusco igiye gufatanya na FARDC na SADC kurwanya M23.

Mu itangazo ryo k’uwa Gatanu, u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yashize hanze yashinje Monusco gufatanya na FARDC, FDLR, SADC na Wazalendo, kugaba ibitero byarimo byibasira abaturage bo muri teritware ya Masisi.

Umwaka ushize abanyekongo mu Burasirazuba bwa RDC, bakoze imyigaragambyo bamagana ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, ndetse basabako bava mu gihugu cyabo, bagasubira iwabo.

Tubibutsa ko Monusco imaze imyaka irenga 23 muri RDC. U butegetsi bwa Kinshasa mu kwezi kwa Cyenda, umwaka ushize, batangaje ko Monusco imaze igihe ku butaka bwa RDC ariko ko batabona umusaruro mwiza wabo. Muri icyo gihe basaba ko Monusco yabavira mu gihugu.

Bruce Bahanda.

Tags: Bintou KeitaIrimo kwibasira MonuscoKinshasaRdcYababajwe n'imyigaragambyo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana Raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’umuryango Norwegian People’s Aid (NPA) igaragaza ishusho iteje impungenge ku ngaruka ndende z’igeragezwa ry’intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Indi Mbonerakure y’u Burundi, yafatiwe mu gitero Maï Maï yagabye mu nkengero za Komine Minembwe.

Indi Mbonerakure y'u Burundi, yafatiwe mu gitero Maï Maï yagabye mu nkengero za Komine Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?